Minisitiri w’uburezi Dr. Joseph Nsengimana avuga ko Guverinoma ifite gahunda y’uko mu myaka iri imbere umubare w’abana b’incuke bazitabira amashuri abagenewe bazagera kuri 60% bavuye kuri 40% bariho u...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye Martin Ngoga yawubwiye ko u Rwanda rukwiye kuba ari rwo rubika inyandiko zose zirebana n’imanza zabakoreye Abatutsi Jenoside baburanishijwe n’icyahoze ari...
Gitifu w’Akagari ka Sholi mu Murenge wa Nyamabuye n’ushinzwe umutekano batawe muri yombi bakurikiranyweho gukubita no kunegekaza umuturage, ajyanwa mu bitaro. Urwego rw’Ubugenzacyaha rukorera kuri Sit...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 12, Kamena, 2025 ingabo za Israel zirwanira mu kirere zagabye ibitero kuri Iran byibasiye ahantu hasanzwe hatunganyirizwa gahunda zo gukora ibisasu bya kirimbuzi. ...
Papa Leo XIV yakoze amateka ubwo yagiraga Joseph Lin Yuntuan Musenyeri, aba uwa mbere mu Bashinwa Miliyoni 10 b’Abakristu Gatulika ubaye Musenyeri. Ni uburyo bwemeza ko Papa Leo XIV yiyemeje gus...
Indege yo mu Buhinde yavaga muri iki gihugu ijya mu Bwongereza yakoze impanuka igihaguruka ihita ikongoka. Abantu 200 nibo bamaze kubarurwa ko bayiguyemo. Yari irimo abantu 242, ikaba yahuye n’a...
Ubwo yamurikiraga Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda uko ingengo y’imari y’uyu mwaka, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yabamenyesheje uko igenamigambi r...
Ntiharamenyekana igihe nyacyo bizabera, ariko ikizwi ni uko Israel iri gutegura igitero vuba aha kuri Iran nk’uko itangazamakuru ryo muri ibi bihugu byombi ribyemeza. Si ho gusa babivuga batyo ahubwo ...
Indege yitwa Flight AI171 yari ihagarutse mu Buhinde yerekeje mu Bwongereza yahiye igihaguruka. Yari irimo abantu 242. Muri bo 169 bari Abahinde, abandi 53 ari Abongereza nk’uko BBC ibyemeza. Harimo k...
Ubushomeri ni kimwe mu bibazo bibangamiye imibereho myiza y’urubyiruko rw’u Rwanda. Umuhati wa Guverinoma wo kurufasha kwihangira imirimo no kubona akazi watanze umusaruro ariko haracyari byinshi bita...









