Ariel Wayz yabaye Umunyarwanda[kazi] wa mbere usinyishijwe na Universal Music Group (UMG), kimwe mu bigo bikomeye ku Isi mu bijyanye n’imyidagaduro. Ishami ry’iki kigo muri Afurika niryo ryamusinyishi...
Saa munani z’ijoro ryacyeye, Polisi yarasiye umuntu yemeza ko yari umujura mu Mudugudu wa Byimana, Akagari ka Karama, Umurenge wa Kanombe muri Kicukiro. Yamusatse imusangana ibyangombwa by’uwahoze ari...
Bisa n’aho intambara hagati ya Israel na Iran iri kuba mpuzamahanga nyuma y’uko Yemen iyobowe na Aba Houthis itangiye gufatanya na Teheran kurasa Israel. Abantu batandatu bamaze kugwa mu bisasu Iran ...
Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda yatangaje ko nta masezerano azasinywa kuri iki Cyumweru kuko kugira ngo hagire asinywa yerekeye amahoro hagati ya Kigali na Ki...
Abasirikare bakuru ba Israel barimo n’umugaba wabo witwa Gen Eyal Zamir bavuga ko kugeza ubu inzira zo kugaba ibitero byeruye kuri Iran zamaze guharurwa. Israel ivuga ko zaharuwe guhera mu mwaka wa 20...
Umunyarwanda wamamaye ku isi kubera gucuranga Reggae akaba yarakuriye kwa Bob Marley witwa Natty Dread yatabarutse azize uburwayi nk’uko abo mu muryango we babibwiye itangazamakuru. Yari amaze iminsi ...
Leta y’u Rwanda irateganya ko ingo mbonezamikurire zizongerwa muri buri Kagari, kandi zigahabwa ubushobozi butuma zitanga uburere nk’ubutangirwa mu mashuri y’incuke. Bizakorwa mu rwego rwo kugabanya u...
Amikoro make niyo yabujije ikipe y’igihugu y’abagore kwitabira irushanwa amakipe y’abagore y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba n’iyo Hagati azabera muri Tanzania. Ni irushanwa ryitwa ‘CECAFA ...
Ikoresheje ibisasu bya missiles biraswa kure, Iran yarashe i Tel Aviv muri Israel, uyu ukaba umujyi ukomeye w’ubucuruzi na Politiki. Niwo mujyi ukorerwamo n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ndetse n’ibya...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social ko na mbere y’uko Israel yivugana abayobozi ba Iran igasenya n’uruganda rukora ibisasu bya kirimbuzi, yari yarabinginze ngo bemere gusinya ibikubiye mu...









