Donald Trump yanditse kuri Truth Social( ni urubuga nkoranyambaga rwe ku giti cye) ko igihe kigeze ngo Iran ikamanike amaboko imbere ya Israel kandi ko ikwiye kubikora nta yandi mananiza. Ibi abitanga...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yasinye amasezerano yo kwakira no gukoresha Miliyoni $300 mu mishinga yo kubungabunga ibidukikije, guteza imbere ingufu zisubira, kwita ku gutwara mu...
Umunyeshuri wiga mu Ishuri rya Siyanse rya Nyamagabe witwa Diane Mutimukeye agira bagenzi be inama yo kudatinya kwiga imibare kuko nawe yayishoboye ndetse imaze kumuha uburyo bwo guserukira u Rwanda ...
Saa tanu z’ijoro kuri iki Cyumweru tariki 15, Kamena, 2025, abapolisi bakorera mu Murenge wa Kimisagara bafatanye umugabo witwa Safari Adrien inzoga Polisi ivuga ko ari inkorano yari ajyanye mu isoko ...
Ishyaka riharanira kwishyira ukizana kwa buri wese, Parti Libéral, PL, ryaraye ritangaje ko rigiye gukomeza gufasha inzego za Leta kugera ku ntego z’iterambere ryiswe NST 2. U Rwanda rwiyemeje ko izo ...
Ubwo harangizwaga Igihembwe cy’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, abayigize bemeje ku bwiganze ko Ubushinjacyaha bwemerewe gutangira gukurikirana Minisititi w’Ubutabera Con...
Iyo kipe yo muri Libya yegukanye Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL2025) itsinze Petro de Luanda yo muri Angola amanota 88-67. Hari mu mukino wa nyuma wabaye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, t...
Abaturage bane ba Israel baraye biyongereye kubo ibisasu bya Iran bimaze guhatana guhera kuri uyu wa Gatandatu ubwo iki gihugu cyatangiraga kwihorera ku gitero Israel yakigabyeho kikica abakomeye. Hag...
Donald Trump yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza Reuters ko yabujije Israel kwica Umuyobozi W’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei. Avuga ko Israel yari ifite umujinya n’ubush...
Ku isi hari amoko 3,000 y’inzoka. Wazisanga hafi ku isi hose uretse ku mugabane wa Antarctica, mu bihugu bya Iceland, Ireland, Greenland na New Zealand, ahanini kubera ko hakonja cyane kandi inzoka zi...









