Juvénal Marizamunda uyobora Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda n’itsinda ayoboye bari mu bwami bwa Maroc mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Ku munsi warwo wa mbere hasinywe amasezerano y’ubufatanye hagati ya K...
Mu mujyi wa Kigali hasanzwe abakozi bakorera ibigo byigenga bakubura imihanda, bakanatunganya ubusitani. Muri uyu Mujyi hazanywe ikamyo ifite ikoranabuhanga rikubura rikanakoropa kaburimbo, ibi bigate...
Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ingabo Pete Hegseth atangaza ko idosiye ya Iran iri mu biganza bya Lt Gen Erik Kurilla, uyu akaba umusirikare mukuru uyobora Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa...
Umucamanza w’Urukiko Rukuru rwa Kigali yategetse ko Victoire Ingabire arwitaba akabazwa iby’abayoboke bivugwa ko ari ab’ishyaka rye DALFA Umurinzi baregwa gushaka guhirika ubutegetsi hadakoreshe...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Cyubahiro Bagabe Mark asaba abikorera ku giti cyabo kugira uruhare mu guteza imbere ubuhinzi bwa kijyambere. Yabisabye kuri uyu wa Gatatu Tariki 18, Ka...
Prof.Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gutanga amazi, isuku n’isukura, WASAC, avuga ko hari ikoranabuhanga rigiye kuzagezwa hiryo no hino rituma umuturage avomera ku ikarita amazi angana n’ayo yi...
*Amerika yahaye Iran amasaha 48 ngo imanike amaboko *Iran ntibikozwa *Putin ashobora kwinjira muri iyi ntambara UBURASIRAZUBA bwo Hagati bwahoze kandi kugeza n’ubu buracyari ahantu hakunze kubera inta...
Constant Mutamba wari Minisitiri w’ubutabera yagejeje kuri Perezida Tshisekedi ibaruwa y’ubwegure kandi bwemewe. Bibaye mu gihe hashize iminsi avugwa muri ruswa ya Miliyoni $19 yari agenewe kuba...
Ntituramenya niba ari ‘Operation’ yihariye Polisi y’u Rwanda yatangije mu Mujyi wa Kigali, gusa ikigaragara ni uko hari abantu benshi biganjemo urubyiruko iri guta muri yombi, ikemeza ko ari abajura. ...
Jean-Marie Rugambwa ukora muri Banki Nkuru’u Rwanda asanga byagirira akamaro Abanyarwanda n’igihugu cyabo baramutse bitabiriye gushora imari mu kugura impapuro mpeshamwenda. Mu nyandiko yageneye Taari...









