Kuba isuzuma ryakozwe na Minisiteri y’Uburezi ryarasanze abigisha mu mashuri yisumbuye bangana na 45% gusa ari bo bafite ubumenyi ‘buhagije mu Cyongereza’ ni ikindi kintu kibangamiye ireme ry’uburezi...
Uru rukiko rwanzuye ko ibiherutse gutangazwa ko byavuye mu matora bigatangazwa na Komisiyo y’amatora CENI ari ukuri kandi ko nta buriganya bwabiranzwemo. Aya matora yabaye Tariki 05, Kamena, 202...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko gahunda Guverinoma ayoboye yafashe mu myaka yatambutse zatumye ubuzima bwa benshi mu Banyarwanda buba bwiza byisumbuyeho. Yemera ariko ko hakiri uruge...
Mu ntangiriro za Nyakanga, 2025, mu Mujyi wa Kigali hazabera iserukiramuco ryiswe I Am Hip Hop Festival rizahuriramo abaraperi bakomeye na bagenzi babo, bakazaryerekaniramo ubuhanga barushanwa. Rizabe...
Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuri uyu wa Kane hari indege 14 zageze yo zizanye intwaro zoherejwe na Amerika n’Ubudage. Kuva intambara iki gihugu kigiri kurwana na Hamas muri Gaza yatangir...
Mu mwaka wa 2018 Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yatoye umushinga w’itegeko rigena umushaharafatizo. Intego yari iyo gufasha abakozi bahembwa umushahara muto kubona uwabafasha guhangana n’uko ibic...
RIB ibisabwe n’Ubushinjacyaha yafunze Ingabire Victoire Umuhoza kugira ngo akorweho iperereza ku byaha ubushinjacyaha bumukurikiranyeho. Hari nyuma y’icyemezo cy’Urukiko Rukuru mu r...
Urukiko Rukuru rwa Kigali, nyuma yo kumva uko yireguye ubwo rwamubazaga ku byerekeye abantu ubushinjacyaha burega ko baba mu ishyaka rye kandi bakaregwa gushaka guhirika ubutegetsi, rwanzuye ko Ingabi...
Amakipe yo muri Uganda na Kenya azitabira irushanwa ryo kwibuka abahoze ari abakinnyi ba Volleyball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi yamenyekanye. Ni KCB-Nkumba, Ndejje Elite, Vision VC, Chazpir na S...
Nyuma y’igihe kirekire bamucunga, bategereje ko yinjira ahantu yakekaga ko hatekanye, abasirikare ba Israel bishe umusirikare mukuru mu ngabo za Iran wari umugaba mukuru w’izirwanira ku butaka. Ubuvug...









