Guverinoma ibicishije muri Minisiteri ya Siporo irateganya ko mu cyiciro cya kabiri cya gahunda yiswe Isonga hazubakwa ibibuga 63 byo gukoreramo siporo z’ubwoko bwinshi. Minisiri wa Siporo, Nelly Muka...
Prof. Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC), avuga ko, mu rwego rwo gukuraho ibyateraga iki kigo Leta ifitemo imigabane igihombo, umufatabuguzi uzajya utin...
Ayatollah Ali Khamenei yacishije ubutumwa kuri X avuga ko akiriho, aboneraho kuvuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa ku nganda za Iran nta kintu byagezeho. Yavuze ko igihugu cye ari cyo cyakuye ints...
Uyu mukambwe uri mu bubahwa cyane muri Afurika kubera uburyo bwo kunga abayituye, nyuma yo guhura na Paul Kagame, yahuye na mugenzi we wa DRC Félix Tshisekedi. Asanzwe ari umwe mu bahuza bashyizweho n...
Iki kibazo kiri mu biri kwibazwa n’aba bantu benshi bo muri Iran. Hashize icyumweru atagaragaraga mu ruhame, kandie biba mu gihe kibi kuko igihugu cye cyari mu ntambara na Israel ndetse iki gihu...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Abimana Fidèle yabwiye Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) mu Nteko Ishinga Amategeko ko u Rwanda ...
Ikigo cy’igihugu gishizwe kurengera ibidukikije, REMA, kivuga ko imirimo yo gutunganya ibishanga bitanu biri mu Mujyi wa Kigali igenda neza. Biratunganywa mu rwego rwo kubifasha kubona amazi no kuyayu...
Hari amakuru yatangajwe na CBS avuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa muri Iran igamije gusenya burundu inganda zikora intwaro za kirimbuzi nk’urwa Fordow, bitageze ku ntego. Ibisobanuro bitangwa mu...
Mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri Tariki 24, Kamena, 2025 Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Olusegun Obasanjo wahoze uyobora Nigeria akaba n’umwe mu bahuza bashyizweho na...
Imibare itangwa n’inzego z’umutekano ni ukuvuga Rwanda Defence Force na Rwanda National Police ivuga ko mu gihe abazikorera bagiye kumara baha serivisi z’ubuvuzi abatuye Rulindo, bazavura abantu 10,00...









