*Kabila avuga ko ibya Kigali na Kinshasa bitareba AFC *Muyaya we yemeza ko ibya M23 bizarangira nabi Mu kiganiro n’abanyamakuru, Umuvugizi wa Guverinoma ya Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo Pa...
Ambasaderi w’agateganyo wa Amerika mu Muryango w’Abibumbye Dorothy Shea yabwiye Akanama ka UN gashinzwe amahoro ku isi ko M23 imaze amezi abiri yarabujije MONUSCO kugera ku bakeneye ubufas...
Uwo ni Me Moїse Nkundabarashi usanzwe uyobora Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda, Rwanda Bar Association, watorewe kuba Visi Perezida w’Abavoka mu Burasirazuba bwa Afurika basanzwe bari mu ihuriro rigari r...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yageze ku Biro bikuru by’Ishyaka rye National Resistance Mouvement, NRM, gufata impapuro zimwemerera ku mugaragaro ko ari we uzarihagararira mu matora y’Umukuru w’ig...
Abantu ibihumbi byinshi bahuriye mu mihanda y’i Teheran baje guherekeza bwa nyuma abajenerali n’abahanga ba Iran baherutse kwicirwa mu bitero Israel yagabye yo. Muribo harimo na Perezida wa Iran Mans...
Nyuma yo gushyira umukono ku nyandiko ikubiyemo amasezerano y’amahoro hagati ya Kigali na Kinshasa, Minisitiri Olivier Nduhungirehe yabwiye Perezida wa Amerika ko u Rwanda rwishimiye ubuhuza iki gihug...
I Washington Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe yashyize umukono ku masezerano y’amahoro ruhuriyeho na DRC yari ihagarariwe na Minisitiri ...
Abagize Komisiyo mu Nteko y’u Rwanda ishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’umutungo wa Leta bashima ko hari imyanzuro myinshi Kaminuza y’u Rwanda yashyize mu bikorwa mu nama yari yarahawe ubwo yagenzurwaga ...
Urukiko rwa Afurika rushinzwe uburenganzira bwa muntu rwanzuye ko ibyo u Rwanda rwari rwaratanze nk’impamvu rudakwiye kwakira no kuburanisha ibirego DRC irurega, zidafite ishingisho. Hashize igihe DRC...
Major General James Birungi wahoze ushinzwe ubutasi bwa gisirikare mu ngabo z’Uganda guhera mu mwaka wa 2020 kugeza 2025, yoherejwe mu Burundi guhagararira inyungu za gisirikare, ibyo mu Cyonger...









