Mu Karere ka Nyamagabe hari abayobozi basabwe kwegura barabyanga, abavugwaho ibyo ni Umuyobozi w’Ishami ry’Imiyoborere n’Umuyobozi mu biro by’Inama Njyanama. Icyakora hari abandi babyumvise barabyumva...
Pasiteri bwite wa Perezida Museveni witwa Dr. Robert Kayanja yagejeje ubutumwa bwe kuri Perezida Felix Tshisekedi Bukubiyemo uko abona iby’amasezerano hagati ya Kigali na Kinshasa aherutse gusin...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, MINICOM, Kajangwe Antoine avuga ko kugira ngo ibyanya byose by’inganda biri mu Rwanda bikore neza hagomba kuboneka Miliyoni $130 ni ukuvu...
Sena y’Uburundi yemeje ba Guverineri bashya bo kuyobora Intara z’iki gihugu zirimo n’iziherutse gushingwa bushya. Tariki 04, Nyakanga, 2025 nibwo Guverinoma y’iki gihugu yatangaje ko hari Intara nshya...
Antoine Anfré uhagarariye inyungu z’Ubufaransa mu Rwanda yavuze ko guhera mu mwaka wa 2021 kugeza ubu, umubano hagati ya Kigali na Paris ari nta makemwa. Yabivugiye mu ijambo yageneye abanyacyubahiro ...
Nick Barigye wari umuyobozi w’Ikigo mpuzamahanga cya Kigali cy’imari, Kigali International Financial Centre, KIFC, yatorewe kuba umuyobozi mukuru w’ikigo Crystal Ventures Ltd. Inama y’ubutegetsi y’iki...
Donald Trump avuga ko yayobewe uko Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yabaye! Ngo bemeranya ibintu undi akaba afite ukundi ari bubigenze. Mu kiganiro yahaye BBC binyuze kuri telefoni, Trump yabajijwe ...
Umunyarwandakazi ukora umuziki kandi bisa n’ibyahiriye, Alyn Sano yasobanuriye itangazamakuru ry’imyidagaduro ko hari ikigo cyo muri Amerika(Label) bagiranye amasezerano y’imikoranire ariko kiramuvuni...
Clément Ingabire usanzwe ushinzwe ibikorwa by’ubwubatsi (Senior Civil Engineer) mu Mujyi wa Kigali yafunzwe n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha akekwaho ruswa, ibyaha birimo ‘kudasobanura inkom...
Kugeza ubu harabarurwa abantu 30 baguye mu mirwano yadutse mu Majyepfo ya Syria hagati y’aborozi b’Abasunni n’abarwanyi b’aborozi bo mu gace ka Druze karimo abafite imyumvire y...









