Saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Nyakanga, 2025 umugore yafatanywe ibilo bibiri by’urumogi n’umunzani yakoreshaga apimira abakiliya nk’uko Polisi ibyemeza. Yafatiwe mu Mudugudu wa Bure...
Mu gihe cy’amasaha 72 abana 21 bo mu Ntara ya Gaza bishwe n’inzara kubera ko amakamyo yari bubigeze mu nkambi aho bari yabujijwe kuhinjira n’ingabo za Israel. Ni ibyemezwa n’abanyamakuru ba BBC n’aba ...
Uburwayi bw’ibihaha bwatumye Umuholandi witwa Mathieu van der Poel wari buzitabire isiganwa mpuzamahanga rikomeye ribera mu Bufaransa ryitwa Tour de France abihagarika. Uyu mugabo yari bwitabire agace...
Mukantaganzwa Domitilla uyobora Urukiko rw’Ikirenga asaba abacamanza ‘bose’ guhuza imitekerereze mu gusesengura imanza no kuzandika neza, akabibutsa ko bigira uruhare mu gutanga ubutabera bunoze. Pere...
Ibiganiro hagati y’u Rwanda n’Ubushinwa birakomeje kugira ngo Beijing irebe niba yakwemera kubaka mu Rwanda inganda zikora imodoka z’amashanyarazi. Uruhagarariye mu Bushinwa witwa Ambasaderi James Kim...
RDB yasohoye itangazo rivuga ko Hoteli yonyine mu Rwanda yubatswe mu buryo bwa Château iri i Karongi yitwa Château le Marara ya Dr. Marara ifunzwe kuko ‘ikora nta burenganzira’. Yubatse mu Kagari ka K...
Abayobozi b’Ubushinwa batangaje ko ahitwa Tibetan hagiye kubakwa urugomero rw’amashanyarazi ruzaba ari runini kurusha izindi ku isi, gusa rushobora kuzahembera umwuka mubi hagati ya Beijin...
Umurundi Bigirimana Abedi aragera i Kigali aje gukinira Rayon Sports. Bivugwa ko ari bubanze gusinya amasezerano n’iyo kipe kugira ngo azay mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26. Rayon Sports FC iri gu...
Hari umukozi mu Biro bya Perezida Donald Trump wabwiye ikinyamakuru Axios ko ibyemezo bya Minisitiri w’Intebe wa Israel biba bihubukiwe, akavuga ko Amerika ihangayikishijwe ni uko bizakoma mu nkokora ...
Mu Mudugudu wa Gisenyi, Akagari ka Karengera mu Murenge wa Kirimbi abaturage baherutse gutwika abantu babiri babashinja kwiba Frw 420,000. Igitangaje ni uko nyuma byagaragaye ko ‘atari’ bo bayibye. Um...









