Ebola, COVID, Marburg…izi ni zimwe mu ndwara zikomeye zikunze kwibasira Afurika zikavamo ibyorezo. Raporo zivuga ko akenshi abantu bandura izo ndwara bitewe no guhura n’inyamaswa zirimo n’uducur...
Kagame avuga ko Ngirente yakoze akazi keza mu myaka yari amaze agakora, akemeza ko bakoranye neza kugeza n’ubwo batebyaga ngo ashingiye ku izina rye rya Ngirente, akamubwira ko adakwiye kwibaza icyo y...
Chief Superintendent of Prisons ( CSP) Hillary Sengabo yongeye kugirwa Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, inshingano yari amaze imyaka irenga ine avuyemo kuko yari ari mu masomo. Uyu mugabo wam...
Harabura igihe gito ngo iserukiramuco rya Giants of Africa ritangire kubera mu Rwanda. Kugeza ubu amatike yose yamaze kugurwa kuko nayari yasohotse yahise agurwa byihuse. Iri serukiramuco rizatangira ...
Prof. Claude Mambo Muvunyi uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, yatangije k’umugaragaro ikigo Leta y’u Rwanda izafatanya n’Ishami ry’Umuryango w’’Abibumbye mu gutuma RBC iba icyitege...
Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Gatanu ruratangiza urubanza Joseph Kabila wahoze ari Perezida aregwamo kugambanira igihugu. Ni urubanza ruri rutangire nyuma y...
Nyuma yo kuvuga ko igihugu cye gishyigikiye ko Palestine iba igihugu kigenga kandi cyemewe n’amahanga, Perezida Macron yamaganywwe na Amerika na Israel. Aha ariko ni ngombwa kuzirikana ko ubutegetsi b...
Perezida Paul Kagame yashyizeho abagize Guverinoma nyuma y’uko agennye Minisitiri w’Intebe mushya Dr. Justin Nsengiyumva. Uretse Minisitiri w’ibidukikije wagizwe Dr Bernadette Arakwi...
I Addis Ababa muri Ethiopia hasinyiwe amasezerano yo gucyura impunzi ziri hagati y’u Rwanda na Congo, akaba areba impunzi zibishaka kandi mu mahoro. Bizakorwa kandi mu buryo bwubahiriza ubureng...
Perezida Donald Trump n’abo bakorana barateganya gusohora amabwiriza abuza ibigo by’ubucuruzi n’inganda kwita ku masezerano mpuzamahanga abuza ibihugu kohereza mu kirere ibyuka bituma gishyuha. Bitega...









