Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatatu mu nyubako yo kwa Mukuza hadutse inkongi. Iyi nyubako iba mu Mujyi wa Kigali rwagati, ikaba imwe muzikorerwamo ubucuruzi bw’inzego zitandukanye. Yitiriwe umu...
Umwe mu bakurikiranyweho uruhare mu gushaka guhirika Felix Tshisekedi bikanga, yabwiye urukiko ko byari umugambi watangiye gupangwa mu mwaka wa 2017, bitangirira muri Swaziland y’icyo gihe, ubu ni mu ...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika wa Democratic Green Party of Rwanda, Dr. Frank Habineza, yavuze ko mu minsi 11 amaze yiyamaza hirya no hino yabangamiwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma ...
Muri Leta ya Uttar Pradesh mu Buhinde habereye umuvundo w’abantu bari baje gusenga barakandagirana hapfa abagera kuri 50. Hari ubwoba ko uyu mubare waza kwiyongera kuko hari n’abavuga ko h...
Kagame yabwiye abaturage bo mu Karere ka Kirehe na Ngomba ko ibyago u Rwanda rwagize ari ukugira abayobozi yise ‘abapumbafu’. Pumbafu ni Igiswayili kivuze ‘Umuntu ufite ubwenge buke’. Avug...
Umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame yageze muri Kirehe aho agiye kwiyamamariza. Yahasanze abaturage baturitse no mu Karere ka Ngoma. Kagame aje kwiyamamariza i Kirehe nyuma yo kubikorera muri Karo...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa, Rwanda FDA, cyakuye ku isoko imiti harimo ufite numero A4042 witwa EFFERARGAN VITAMIC C 500mg/200mg (“comprimé efferverscent), uz...
Uretse intambara muri Gaza Netanyahu ari kurwana, ku rundi ruhande agiye no guhangana n’Abayahudi bagendera ku mahame akaze badashaka kujya mu gisirikare nk’uko biherutse kuba itegeko. Iri...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Stade Amahoro ivuguruye izafasha mu kuzamura impano z’abakiri bato. Avuga ko intego ari ukuba mu beza muri Afurika. Yabitangaje ubwo yatahaga iyi Stade ivuguruye kur...
Kagame yoherereje umwami wa Maroc ubutumwa bwo kumufata mu mugongo nyuma y’urupfu rwa Nyina, umugabekazi Lalla Latifa. Ubwo butumwa mu Kinyarwanda buragira buti: “ Mu izina ry’Abanyarwanda no mu izina...









