Uruzinduko rw’iminsi ibiri ari gukorera mu Burasirazuba nirwo rwa mbere rw’akazi Dr. Justin Nsengiyumva atangiriye mu Ntara nyuma y’igihe gito Perezida Kagame amugize Minisitiri w’Intebe. Yatangiriye ...
Nyuma y’iminsi mike mu Murenge wa Miyove mu Karere ka Gicumbi hafatiwe abantu bakurikinyweho gucukura zahabu mu buryo budakurikije amategeko, ubu abandi barindwi bafatiwe i Rulindo mu Murenge wa Rukoz...
Inama y’Abaminisitiri yaraye iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi yanzuye ko Adolphe Muzito aba Minisitiri w’Imari muri Guverinoma iyobowe na Judith Suminwa Tuluka wari usanzwe ari Minisitiri w’Intebe...
Ubukene buri mu ngo nyinshi z’Abanyarwanda ntibugira ingaruka ku mafunguro bafata, kubyo bambara, aho baba no mu kwivuza gusa ahubwo bugira ingaruka no ku bidukikije cyanecyane amashyamba. Barayatema ...
Ibyari bimaze iminsi bivugwa ko bizakorwa na Netanyahu bigiye kuba impamo nyuma y’uko Inama yaguye y’Umutekano y’igihugu cye yaraye ayoboye yemeje ko ingabo za Israel zigiye gufata Gaza yose. Kugeza u...
Imirambo ine niyo imaze kuboneka y’abantu batwawe n’amazi y’imvura nyinshi yaguye Tariki 05, Kanama, 2025 mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, abandi biganjemo abana bakaba b...
Umunyamideli Sandra Teta wari wafunzwe na Polisi ya Uganda akurikiranyweho kugonga nkana umugabo we amakuru aravuga ko yarekuwe. Uyu ubu arwariye mu bitaro by’ahitwa Nsambya naho umugore yari afungiwe...
Juliet Kabera uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, avuga ko ubwiyongere bw’ibinyabiziga byo mu Rwanda bwatumye ikirere cyarwo gihumana byikube gatanu kurenza ibipimo byagenw...
Nta gihindutse, Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin arateganya kuzahura na mugenzi we wa Amerika Donald Trump mu Cyumweru gitaha, bakazaganira ku ngingo zirimo no guhagarika intambara ya Ukraine imaze ...
Mu Mudugudu wa Kamuvunyi A, Akagari ka Nyarusange mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza habonetse umurambo w’umusore witwa Habukwiye Viateur w’imyaka 19 wari iminsi irindwi hatazwi irengero rye....









