Ubwo hizihizwaga imyaka 25 umwami wa Maroc Muhammed VI ageze ku ngoma, Ambasaderi w’ubu bwami yasezeranyije Uburundi ko buzabufasha mu cyerekezo cyabwo cyo kuva mu bukene. Uburundi bwiyemeje ko mu mwa...
Mu Karere ka Kayonza ahitwa Mukarange niho hari bubere ibirori byo kwizihiza umunsi w’umuganura uba buri mwaka. Abagore bakuru bateze urugori, abagabo Bambara imishanana baraberwa, inyambo zirategurwa...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere, RGB, bwahagaritse Itorero ry’Umuriro wa Pentekote mu Rwanda kubera impamvu zirimo kuzana ibice mu bayoboke binyuze mu kubabibamo amacakubiri. Ikin...
Umutwe wa gisirikare urwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi uvuga ko agahenge gaherutse kuganirwaho i Luanda muri Angola hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo katawureba. B...
Guverinoma y’u Rwanda yatumiye Abanyarwanda mu muhango wo kurahiza Perezida Paul Kagame uheruka gutorwa, kuzarahira kwe bikazaba taliki 11, Kanama, 2024. Azaba arahirira kongera kuyobora Abanyarwanda ...
Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwatangaje ko buzahorera Ismael Haniyeh wari umuyobozi mukuru wa Hamas waraye yishwe na Israel imurashe missile. Yamwishe aryamye aguye agacuho kuko yari yiriwe mu mu...
Mu Mujyi wa Libramont- Chevigny mu Bubiligi haherutse kubera imurika ry’ibyagezweho mu buhinzi n’ubworozi bukorerwa mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi ariko Abanyarwanda bororera ingurube mu Rwanda ...
I Gikondo mu Karere ka Kicukiro ahasanzwe habera imurikagurisha hari byinshi byiza biri kuhamurikirwa kandi birimo n’udushya. Birimo amasafuriya ashobora guhisha amafunguro vuba, serivisi zigenewe aba...
Ismail Haniyeh wari umuyobozi mukuru wa Hamas yaraye yiciwe muri Iran aho yari yagiye mu irahira rya Perezida mushya Iran witwa Masoud Pezeshkian. Iby’urupfu rwe byatangajwe na Hamas ubwayo ndetse n’u...
A group of 120 girls from across Rwanda have successfully completed a comprehensive two-week training in coding and robotics and are graduating today at a ceremony held at GIZ Digital Transformation C...









