Major Kiconco Tabaro wo mu ngabo za Uganda akaba asanzwe akora mu ishami ry’itumanaho avuga ko imirwano iherutse kubera mu Mujyi wa Ishasha igihugu cye kigabaniraho na DRC yatumye abapolisi 100 b’iki...
Myugariro Rutanga Eric wamaze igihe ari mu bakomeye muri Rayon Sports ubu yerekeje muri Gorilla FC. Kuri uyu wa Kabiri nibwo Gorilla FC yahaye ikaze Rutanga Eric, ibimenyesha bose binyuze ku ifoto ba...
Inkongi ni irindi zina bita umuriro ariko yo ikaba umuriro myinshi ushobora gutwika ibintu byose ukabikongora. Uwo muriro uterwa na byinshi bitewe n’aho uteye uturuka ariko nko mu mijyi ukunze guterwa...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yaraye ashimiye abasirikare bashya barwanira ku butaka barangije amasomo mu kigo cya gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo. Umuyobozi w...
Impaka z’iminsi ibiri zaberaga mu murwa mukuru wa Qatar witwa Doha zarangiye abayobozi ba Hamas bemeje ko Sinwar Yahya ari we ugiye kuyiyobora yose uko yakabaye. Bamwemeje nk’umuyobozi mukuru w’uyu mu...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare, NISR, ivuga ko amafaranga u Rwanda rutanga rutumiza ibintu hanze akomeje kwiyongera ugereranyije n’ibyo rwohereza yo. Ni igihombo kuko...
Ububiko bw’ikigo kitwa Centrale de Distribution des Médicaments de Kisangani (CAMEKIS) buherutse gushya bwose imiti yari iburimo ifite agaciro ka miliyoni $1 iratokombera. Iyi nkongi yabaye ku Cyumwe...
Umuyobozi w’Itorero ADEPR Ngarama mu Karere ka Gatsibo yafashwe ari gusengana n’Abakirisitu kandi yari yarafungiwe kubera ko urusengero rutujuje ibisabwa. Urusengero rwe rwafunzwe ku cyemezo giherutse...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyamata,mu Karere ka Bugesera, butangaza ko hari kuvurirwa abarwayi babiri b’indwara y’ubushita bw’inkende muri 13 bakekwaho iyi ndwara. Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Nyamata...
Biden yateranije Inama y’umutekano yiga ku cyakorwa Iran iteye Israel kandi ngo ibi birashoboka mu minsi cyangwa ibyumweru bike biri imbere. Ku rundi ruhande ushinzwe ububanyi n’amahanga m...









