Amakuru Taarifa ifite avuga ko Guverinoma y’u Rwanda iri kuganira n’abayobozi b’ikigo gitegura isiganwa mpuzamahanga y’abatwara moto kitwa Formula One kugira ngo ruzaryakire ka...
Ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zikorera mu Teritwari ya Ituri zivuga ko zatunguwe no kubona indege ya Uganda igwa ku butaka bwayo nta makuru bari babifiteho. Itangazamakuru ryo muri Repub...
Perezida Kagame yaraye yongeye kugirira icyizere Dr. Edouard Ngirente, amugira Minisitiri w’Intebe. Ni itangazo ryaturutse mu biro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, ku mugoroba wo kuri uyu wa Ka...
Abahinzi b’ikawa bakorera mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi bavuga ko bizeye ko gusazura ikawa bizazamura umusaruro wayo. Babivugiye mu Kagari Ka Kibirizi ahabereye itangizwa ry’...
Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuzima yakiriye ibikoresho mu buvuzi bw’umutima bifite agaciro ka miliyoni 3.3$. Bizifashishwa mu kigo cya “My Heart Centre” kiri kubakwa mu Cyanya cy’...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky avuga ko ingabo z’Uburusiya ari zo zarashe uruganda rutunganya imbaraga za kirimbuzi ruri ahitwa Zaporizhzhia. Uburusiya nabwo buvuga ko ingabo za Ukraine ari zo...
Kuva aho COVID-19 yadukiye muri Afurika igasanga idafite inkingo zihagije, byahindutse ikibazo ku buryo hari abavuze ko kuba itazifite ari ikindi kimenyetso cy’ubusumbane busanzwe mu isi. Ubu rero ubu...
Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere hari Ikiruhuko rusange. Ni itangazo rigenewe abakoresha n’abakozi bo mu nzego za Leta. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 11 ...
Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yatanze indahiro ye ko azakomeza kurinda u Rwanda no gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda. Ni bimwe mu bigize indahiro ye nka Perezida wa R...
Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yamaze kugera kuri Stade Amahoro aho yasanze Abanyarwanda barenga 45,000 bamutegereje ngo bumve indahiro y’inshingano baherutse kumutorera. Mb...









