Richard Nyirishema ni umwe mu bazanywe muri Guverinoma yaraye ishyizweho. Yari asanzwe azwi muri siporo kuko yari umwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umukino Basketball mu Rwanda. Yari ama...
Nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’intebe, Aurore Mimosa Munyangaju wari ushinzwe Minisiteri ya siporo na Dr.Jean Chrysostome Ngabitsinze wari ushinzwe ubucuruzi n’ingand...
Mu Murenge wa Busoro mu Karere ka Nyanza haravugwa umugabo ukekwaho kwica umwana we yabyaye afatanyije na Mukase w’uwo mwana. Byabereye mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busoro mu kagari ka Masangano...
Mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana ahitwa Nyagasambu habereye impanuka yakomerekeyemo abafana ba APR FC bari berekeje muri Tanzania. Mu ijoro ryakeye nibwo yabaye ariko ntiyari ikomeye cyane ...
Ku bufatanye bw’ikigo gitanga ibikomoka kuri petelori RUBiS, ikigo kitwa Castrol kigiye kugeza ku bafite ibinyabiziga amavuta atagira ibinyabutabire byinshi byangiza moteri. Ikigo Castrol kimaze imya...
Andrew Mwenda umwe mu banyamakuru bakomeye mu Karere u Rwanda ruherereyemo aherutse gutangariza mu kiganiro Long Form ko muri Nzeri, 2024 ni ukuvuga mu kwezi gutaha umukinnyi w’amakofe ukomeye ku isi ...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali bwatangaje ko Dr. Uzziel Ndagijimana yagizwe umuyobozi mukuru w’iyi Banki. Ni umwanya asimbuye Beatha Habyarimana wari uherutse kwegura ku mirimo muri iyi Banki ya mbere ...
Mu ijambo ryamaze hafi isaha Perezida Kagame yabwiye Abadepite na Minisitiri w’Intebe yari amaze kwakirira indahiro ko inzego z’iperereza zarangaye ntizamugezaho ikibazo cy’umuceri weze ari mwinshi up...
Mu minsi ishize mu Rwanda havuzwe inkuru ya Davis Manzi SEZISONI wavugwaho kwizeza abantu 500 kuzabungukira $4000 buri kwezi ku madolari menshi babikije ariko ntiyabikora arayarigisa. Abantu bamuhaye ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi NAEB kivuga ko mu myaka ine hazasimbuzwa ibiti by’ikawa bishaje biteye kuri hegitari 435. Kuyisazura bizakor...









