Mu Mujyi wa Muhanga hazindukiye impaka zo kumenya icyateye ubuyobozi gufungira amaduka bamwe mu bahacururiza nta nteguza bahawe. Njyanama y’Akarere yabwiye itangazamakuru ko bari kuvugana n’Umurenge n...
Goma: Umuyobozi w’umujyi wa Goma witwa Faustin Kapend Kamand avuga ko ku wa Gatandatu ushize hari abantu 15 barimo n’Abanyarwanda bafatiwe mu Mujyi wa Goma bakurikiranyweho gushaka abantu bo kwinjiza ...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette yatangaje ko hari ababyeyi batarumva akamaro ko gutanga umusanzu wo kugaburirira abana ku ishuri, bigatuma ifunguro bahabwa rituba. Avu...
Mu iteka rya Minisitiri w’imari n’igenamigambi riherutse gusohoka handitsemo ko ibimina bigomba kuba byanditswe ku buyobozi bw’Umurenge biherereyemo. Ni gahunda igomba kuba yarangije gushyirwa mu biko...
Bamwe mu barwariye mu bitaro bya Remera-Rukoma ni abarembejwe n’ibiribwa cyangwa ibinyobwa bafatiye mu rugo rw’abageni bari baje gusurwa n’ababyeyi babo. Imibare itangwa n’inzego zitandukanye ivuga ko...
Mu kiganiro Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana aherutse guha ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA, yavuze ko imibare bafite yerekana ko abakora uburaya n’abaguzi babo ari bo bugarijwe no kwa...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru abarwanyi ba Hezbollah barashe ibisasu bya Katyusha 320 muri Israel mu rwego rwo kwihorera ku gitero Israel iherutse kwiciramo uwari umuyobozi wa gisirikare wa Hezbollah...
Icyamamare mu isiganwa mu modoka zihuta cyane zisiganwa mu kitwa Formula 1 witwa Lewis Hamilton yavuze ko yumva yatura mu Rwanda kandi akavuga ko ashyigikiye ko ruzakira irushanwa rya Formula 1 rumaz...
Biciye kuri Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert bita Barafinda APR FC yatsinze AZAM FC ibitego bibiri ku busa bituma ihita iva mu majonjora. Yayisezereye mu ijonjora ry’ibanze mu mikino ihuza amakipe ya...
Isheja Butera Sandrine wari usanzwe ari Umunyamakuru akaba yagizwe Umuyobozi wungirije wa RBA yashimiye Perezida Kagame wamuhaye izo nshingano. Kuri X yanditse kuri uyu wa Gatandatu taliki 24, Kanama,...









