Itangazamakuru mpuzamahanga ritangaza ko hari ibitero bya Israel byinshi byagabwe muri Gaza, bigakekwa ko biri muri gahunda yo gusenya uyu Mujyi kugira ngo habeho gusenya ‘burundu’ ibirind...
Abaturage barasabwa kwemeza amakuru y’irangamimerere yabo kugira ngo ahari amakosa akosorwe bityo bizorohe guhabwa indangamuntu koranabuhanga. Bayise e-Ndangamuntu ikaba izatangira gutangwa muri Kamen...
Kuri uyu wa Mbere, Tariki 11, Kanama, 2025, nibwo Ishyirahamwe Nyafurika ry’umupira w’amaguru ryatangaje ko Stade Amahoro na Kigali Pelé Stadium zemerewe kwikira imikino y’Amarushanw...
Nyuma y’urupfu rw’abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe n’igisasu cy’indege za Israel, ubu haravugwa umwuka mubi hagati y’iki gihugu na Qatar. Qatar niyo nyiri Al Jaze...
Mu Murenge wa Ntyazo mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wafunzwe na Polisi imukurikiranyeho kwica umugabo we. Bikekwa ko nyakwigendera yasanze umugore we ari kumwe n’undi mugabo i saa munani z’ijor...
General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yabwiye urubyiruko rwitabiriye urubyiruko Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15, ruri mu kigo cy’ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera ko RDF i...
Abanyapolitiki bo mu Burayi baraganira uko bazitwara mu gihe Amerika n’Uburusiya baba bemeranyije kuri ejo hazaza ha Ukraine babihejwemo, igihugu Uburayi bufata nk’ahantu h’ingenzi mu mutekano wabwo c...
Abana bahagarariye bagenzi babo baherutse kubwira abayobozi muri REMA bari babatumiye ngo baganire, ko ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zituma batajya kwiga. Uw’i Burera yavuze ko iyo ikiraro gic...
Batamuriza Faith uyobora Urwego rw’ubwizigame muri Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ubwizigame bw’Abanyarwanda bugeze kuri 48%, umubare ukiri muto. Avuga ko nubwo ari uko bihagaze, muri rusange iki...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, Anti-Narcotic Unit, ANU, ryafatiye muri Rusororo abagabo babiri bahetse kuri moto ibilo 31 by’urumogi bivugwa ko bari bavanye i Kirehe babishyiriye...









