Mu Mudugudu wa Mata mu Kagari ka Muhanga, Umurenge wa Muhanga hari abaturage basaba gusubizwa umuyoboro w’amazi bakuruye bayakura mu isoko hanyuma barawamburwa uhabwa rwiyemezamirimo ngo awucunge. Kuw...
Polisi y’u Rwanda isobanura iby’imirongo y’umuhondo imaze iminsi ishyirwa mu masangano atandukanye y’imihanda iri hirya no hino mu Mujyi wa Kigali. Iyi mirongo igize icyo bise Yellow Box, mu Kinyarwan...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’iy’ubwami bwa Jordania. Ayo masezerano yasinyiwe mu ruzinduko rw’iminsi itatu umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoran...
Ikigo cy’umuherwe Elon Musk gikora imodoka zifite ikoranabuhanga rituma zitwara kitwa Tesla cyazishyizemo irindi koranabuhanga bita ASS( Actually Smart Summon) rizajya rituma nyirayo ayibwira ikamusan...
Ubwo yatangizaga inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’uruhererekane runoze mu bikomoka ku buhinzi muri Afurika, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yavuze ko kudateza imbere ubuhinzi bigwingiz...
Umuhanzi akaba n’Umunyepolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu wamamaye ku izina rya Bobi Wine yaraye arashwe akaguru. Ni ikibazo gikomeye kuri uyu muhanzi wigeze ku...
Perezida Paul Kagame yageze i Beijing mu Bushinwa kwitabira Inama y’u Bushinwa na Afurika (FOCAC) iteganyijwe ku wa 4-6 Nzeri 2024. Yageze mu Bushinwa avuye muri Indonesia mu nama yabaga ku nshuro ya ...
Inteko ishinga amategeko ya Madagascar yemeje ko umugabo uzajya uhamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana azajya akonwa. Gukona ni ukubaga udusabo tw’intanga ngabo ku buryo umuntu atazongera kugira ubusha...
Ubwo hatangizwaga umwaka wahariwe ubucamanza, ubuyobozi bukuru mu bucamanza bw’u Rwanda bwatangaje ko ubujura ari bwo bwa mbere butera Abanyarwanda benshi kujya muri za gereza. Ibindi byaha bikorerwa ...
Ibi byatangarijwe muri raporo yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ivuga ko ukwezi kwa Nyakanga 2024 kwarangiye bigabanutseho 5.4%. Ni imibare ibarwa ugereranyije n’uko ibyo biciro b...









