Ku bufatanye n’ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Ikigo cy’lgihugu gutsura Ubuziranenge (RSB) cyatangaje ko hafashwe ingamba zo guhagarika itangwa ry’ibirango by’ubuzi...
Imodoka yari ijyanye i Rusizi imiti yakoreye impanuka mu ishyamba rya Nyungwe. Amakuru avuga ko iriya modoka yakoze impanuka kubera kubura feri, ishinga amazuru mu ikorosi. Ingabo z’u Rwanda zir...
Haruna Niyonzima wari umaze igihe gito agiye muri Rayon Sports yahise ahagarika amasezerano hagati ye n’iyo kipe ikomeye. Yabwiye itangazamakuru ko hari amafaranga agombwa kandi atahawe kandi ko...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe avuga ko hari ubushake bwo kugarura umubano mwiza hagati y’u Rwanda n’Uburundi kuko ari ngo ababituye ari abavandimwe. N’ubwo ab...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente asanga Leta ikwiye gukorana bya hafi n’abikorera ku giti cyabo kugira ngo bagire uruhare runini mu iterambere ry’ubuhinzi. Yabivuze kuri uyu wa Gata...
Ahitwa Ancuabe muri Cabo Delgado ingabo z’u Rwanda na Polisi ziherutse gutaha amashuri atanu zubakiye abahatuye kugira ngo abana bigire aheza. Ayo mashuri yubatswe ahitwa Nacololo, mu itahwa ryayo hak...
Ku kigo cy’amashuri abanza cyo muri Kenya kiri ahitwa Endarasha habereye ibyago byatewe n’inkongi yahitanye abana 17 abandi benshi barakomereka. Hari ubwoba ko umubare w’abana bahasize ubuzima uri buz...
Ingabire Paula uyobora Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko ikoreshwa rya murandasi mu Rwanda rimaze gukataza kuko 60.6% by’Abanyarwanda bayikoresha. Mu mwaka wa 2011 bari 7% , bivuze...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping n’itsinda rye baraye baganiriye na mugenzi we Paul Kagame ku mikoranire irambye kandi inoze hagati ya Kigali na Beijing. Muri ibyo biganiro, Ubushinwa bwiyemeje ko bugi...
Minisiteri y’ubuzima mu Burundi itangaza ko abantu 300 ari bo bamaze kubarurwa ko banduye ubushita bw’inkende, abenshi muri bo bakaba ab’i Bujumbura. Komini ya Ntahangwa niyo ifite benshi kuko ari ab...









