Umunya Uganda[kazi] Rebecca Cheptegei uherutse gutwika n’umukunzi we arashyingurwa kuri uyu wa Gatandatu taliki 14, Nzeri, 2024 mu cyubahiro cya gisirikare. Yari umukinnyi kabuhariwe mu kwiruka akaba ...
Rwiyemezamirimo wize mu mahanga akaba afite ikigo gifasha abantu kujya kwiga hanze avuga ko abajya kwiga yo bagomba kuzirikana ko nta gihugu cyaruta u Rwanda bityo ko badakwiye gutindiganya kurugaruka...
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer yirinze kwerurira itangazamakuru ku byo yaganiriye na Perezida w’Amerika Joe Biden ku byerekeye kwemerera Ukraine kurasa missiles mu Burusiya. Ni mis...
Perezida Paul Kagame avuga ko aho uburezi mu Rwanda bugeze ari heza ariko hakiri byinshi byo gukora ngo bugere ku rugero rwo hejuru, rwifuzwa. Bikubiye mu ijambo yagejeje ku baje mu muhango wo kurahir...
Ibiro by’Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga ubyitegereje ukabigereranya n’Ibiro by’Uturere dutandukanye harimo n’Ibiro bya Kicukiro( Akarere ka mbere gakize mu Rwanda), usanga ari byiza cyane....
Uwigishaga mu Rwunge rw’amashuri rwa Murira (GS Murira) muri Rusizi akurikiranyweho gusambanya abakobwa bane yigishaga bose akabatera inda. Mwarimu yari yabanje guhagarika akazi ku mpamvu zitazwi. Ifu...
Mu nama yihariye iherutse guhuza intumwa z’u Rwanda zari ziyobowe na Perezida Paul Kagame zigahura n’abayobozi bakuru b’Ubushinwa, hemejwe ko imikoranire ikwiye gukomezwa . Ni imikoranire izibanda ku ...
Amakuru ava mu Mujyi wa Goma aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Nzeri, 2024 abari baravanywe mu byabo n’intambara muri uyu mujyi baramukiye mu myigaragambyo basaba ko bemererwa baga...
Umukino wa mbere mu ya kamaramampaka (Playoffs) muri shampiyona ya Basketball mu Rwanda waraye uhuje Patriots BBC na APR BBC warangiye iya mbere itsinze iya kabiri ku manota 83 kuri 71. Ni umukino wa ...
Abo ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Runege witwa Munyaneza Calypophore, Gitifu w’Akagari ka Rugano witwa Nteziryayo Fréderick ndetse na mugenzi we w’Akagari ka Gatovu witwa Twizerimana ...









