Guverinoma ya Singapore ibicishije muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yatangaje ko Perezida Paul Kagame ari busure iki gihugu guhera kuri uyu wa Gatatu kuzageza ku wa Gatanu taliki 20, Nzeri, 2024....
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko yatunguwe no kumva DRC ihakana umwimerere w’inyandiko yasinye yemerera abantu barimo n’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi kuza kuyituramo. Abo ...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryaburiye abamotari batendeka ko nibatabireka bagomba kwitega ibihano biremereye. Polisi ivuga ko amakosa akorwa n’abamotari akomeje kwiy...
Mu mpera z’Ukwakira, 2024 muri Kigali Convention Center hazabera inama mpuzamahanga iziga ku iterambere ry’ikoranabuhanga rikoresha telefoni. Ni inama yiswe GSMA MWC. Izaba hagati y’italiki 29 n’itali...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima rivuga ko ivangura rishingiye ku ruhu ari ryo ryatumye isi idatabara Abanyasudani bahunze intambara, ubu bakaba bagiye kwicirwa n’inzara mu nkambi. Im...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, bweretse itangazamakuru abantu batandatu bakekwaho kwiba imodoka bari bakodesheje ba nyirazo. Abo basore uko ari batandatu bavugwaho gukodesha imodoka na ba nyirazo babas...
Kuba ibiti by’ikawa bishaje bikaba biri gusimbuzwa byagize ingaruka ku musaruro w’iki gihingwa ngengabukungu bituma ibyo u Rwanda rwohereza hanze mu buhinzi bigabanuka biraruhombya. Minisitiri w’imari...
Umuraperi wo muri Amerika uri mu bakunzwe guhera mu myaka ya 1990 kuzamura witwa Sean ‘Diddy’ Combs yatawe muri yombi na Polisi ubwo yifotozanyaga n’abafana. Akurikiranyweho ibyaha birimo ...
Kadoyi Albert usanzwe utwara ikamyo bivugwa ko afungiye muri gereza ya Uganda nyuma yo gukora impanuka ubwo yari atwaye impu ava i Mombasa muri Kenya. Taliki 09, Mata, 2024 nibwo yafunzwe ariko impa...
Abubaka urugomero rwa Nyabarongo II ruri kubakwa aho uru ruzi rukora ku Karere ka Rulindo babwiye abayobozi ba Minisiteri y’ibikorwaremezo ko kubera impumvu runaka kurwuzuza bizaba mu mwaka wa 2027 ah...









