Abakanishi bo mu Rwanda bahanywe amahirwe na bagenzi babo bo muri Kenya yo guhugurwa uko bakanika batiri za bisi zikoresha amashanyarazi z’ikigo BasiGo. Iki kigo nicyo cya mbere cyahawe uburenga...
Abatuye Imirenge ya Cyinzuzi na Masoro muri Rulindo babwiye abakozi ba RIB nabo mu kigo cy’igihugu gishinzwe Mini, Petelori na gazi ko bacengewe n’ubukangurambaga bahawe mu kurinda ibidukikije. Baseze...
Abantu barindwi nibo babaruwe ko baguye mu mirwano hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abarwanyi ba CODECO, umutwe umaze igihe uri mu yindi myinshi ica ibintu mu Ntara ya Ituri. Mu ...
Ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa Kane, umanuka mbere y’uko ugera ahari Icyanya cy’inganda cya Musanze, hari hari umutekano ‘udasanzwe’. Byaje kumenyekana ko burya...
Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko k’ubufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere, UNFPA, hashyizweho Ikigega kizaha urubyiruko inguzanyo nta ngwate. ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yabwiye urubyiruko rurangije itorero ry’Indangamirwa ko gukomera k’u Rwanda gushingiye ahanini ku cyubahiro Abanyarwanda biha aho bari hose...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko hari ikawa yasuzumiwe ubuziranenge basanga buri hejuru k’uburyo igiye kugurishwa ...
Constant Mutamba wigeze kuba Minisitiri w’ubutabera yasabiwe n’Ubushinjacyaha gukatirwa igihano cyo gukora imirimo nsimburagifungo mu gihe cy’imyaka 10. Bwasabye kandi ko narangiza i...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino wa mbere wa Basketball mu bagabo waraye uyihuje n’iya Ivory Coast yatangiye itsindwa ku manota 78, yo ifite 70. Muri uyu mukino wari uwa mbere mu itsinda rya...
Mu Mudugudu wa Munini, Akagari ka Rudashya, Umurenge wa Ndera muri Gasabo hafatiwe umugore Polisi na Rwanda FDA bemeza ko bamusanganye inzoga z’ibyotsi bita Liquors ‘ zitujuje ubuziranenge...









