Ubuyobozi bw’Impuzamashyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) bwemeje ko mu Rwanda hazashyirwa ikigo bise ‘Centre Satellite’ gitoza uyu mukino ku rwego mpuzamahanga. Iki kigo kizubakwa muri Musan...
Inkuru ikomeye iri mu itangazamakuru mpuzamahanga ni uko Israel yishe Hassan Nasrallah uyobora Hezbollah, imutsinda mu gitero yagabye i Beirut mu murwa mukuru wa Lebanon. Yari amaze imyaka 32 ayobora ...
Dr. Télesphore Ndabamenye uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi, RAB, asaba itangazamakuru kurushaho kubwira abaturage gahunda z’ubuhinzi n’uburyo bwiza bw’imihingire. Avuga ko ubusanzwe abatura...
Edmond Bahati wari umuhuzabikorwa wa Radio Maria y’i Goma yishwe arashwe n’abantu batazwi. Kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu nibwo yishwe. Abitwaje intwaro barasiye uriya munyamakuru ku muhanda ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, cyatangaje ko mu bitaro hirya no hino habonetse indwara ya Marburg. Ni indwara ikomeye iterwa na virusi. Itangazo rya RBC riragira riti: “Mu bitaro bitandukany...
Ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwasabye ingabo zabwo n’abandi bose babishobora ko bagomba guhiga kandi bagahitana umuyobozi wa FDLR witwa General Pacifique Ntawunguka wamamaye nka Om...
Iburanisha riherutse kubera mu rukiko rwisumbuye rwa Huye humviswe abaganga bari bamaze iminsi bakora isuzuma ku mibiri y’abantu bivugwa ko bishwe bigizwemo uruhare n’abarimo n’abapolisi. Mu rukiko bi...
Umwe mu ba dipolomate yatangaje ko mu mpera z’Icyumweru gishize hari ubwato bwa Misiri bwagejeje intwaro muri Somalia mu rwego kubakira iki gihugu ubushobozi mu bya gisirikare. Ni igikorwa kiri mu mug...
Umuyobozi mu Rugaga nyarwanda rushinzwe uburenganzira bwa muntu, CLADHO, ushinzwe guhuza gahunda witwa Evaritse Murwanashyaka aburira abantu bakuru bahohotera abana ko amategeko abategereje, akabagir...
Ishyirahamwe nyafurika ry’umupira w’amaguru, CAF, ryatangaje ko Uganda, Tanzania na Kenya byemerewe kuzifatanya mu gutegura no kwakira imikino ya CHAN 2025. Itangazo rikubiyemo iki cyemezo ryaraye ric...









