Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’umuyobozi ushinzwe iby’ubutaka wafashwe ari muri Siporo arafungwa ariko aza kwisanga ari kumwe n’umugore we. Bivugwa ko bakurikiranyweho kwishora mu by’ubucukuz...
Ku mupaka wa Israel na Lebanon hari ibifaro bibarirwa mu magana byiteguye kwinjira muri Lebanon. Amafoto menshi arerekana abasirikare ba Israel bari hafi y’ibifaro byabo basa n’abiteguye amabwiriza yo...
Abajura bibye Radio ya Kiliziya ya Bethsaida iri ahitwa Kasindi-Lubira basiga yera. Ubu bujura bukorewe iki gitangazamakuru nyuma y’uko mu minsi micye ishize hari umunyamakuru wa Radio Maria wiciwe i ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye ababwiye abayobozi b’amadini n’abayoboke bayo bari baje mu gitaramo cya Rwanda Shima Imana ko bakwiye guharanira ko ubuzima bwabo bayobora butajya mu ka...
Umuntu wese ushyira mu gaciro ntiyabura kwemeza ko kuba Israel yarishe umuyobozi wa Hezbollah byashegeshe uyu mutwe. Hassan Nasrallah yari amaze imyaka irenga ayobora uyu mutwe washinzwe na Iran ngo u...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko abaturage badakwiye gukuka umutima kubera icyorezo cya Marburg kuko cyo kitandurira mu mwuka nk’uko byagenze kuri COVID-19. Avuga ko iyi ndwara ku ru...
Kubera indwara ya Marburg iherutse gutangazwa ko yageze mu Rwanda, ikaba imaze no guhitana abantu batandatu, Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda yasabye abakozi bayo gukorera mu rugo. N...
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ingabo witwa Lloyd Austin yaraye ahamagaye mugenzi we uyobora ingabo za Israel witwa Minisitiri Yoav Gallant amumenyesha ko Biden atashimishijwe n...
Mu Mujyi wa Kigali haherutse kubera impaka ku mpamvu zituma ibyamamare bikomeye muri cinema nyarwanda bihora ari bimwe! Ibyo akenshi ni Papa Sava, Bamenya n’abandi bacye… Ibyo biganiro mpaka bya...
Imvura nyinshi yaraye itumye ubuyobozi bwateguye igitaramo MTN Iwacu Muzika Festival bwanzura ko icyaberaga mu Karere ka Bugesera gihagarara Bruce Melodie ataririmbye. Bwasezeranyije abanya Bugesera k...









