Chantal Rutayisire ni Umunyarwandakazi umaze iminsi yararamaye ku mbunga nkoranyambanga aranugwanugwa gukundana n’umwe mu baraperi bakomeye ku isi witwa 50 Cent. Ubwo 5O Cent yamurikaga igitabo aherut...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko kugeza kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Ukwakira, 2024 abantu 11 ari bo bari bamaze guhitanwa n’icyorezo Marburg. Iki cyorezo bivugwa ko cyageze mu Rwanda mu mpera za Nz...
Leta ya Tanzania yatangaje ko hari ibinyamakuru bitatu byibumbiye mu kigo kitwa Mwananchi Communications Limited byafunzwe bizira gushushanya Perezida Suluhu Hassan. Urwego rushinzwe kugenzura itumana...
Ni inyamaswa idasanzwe haba mu miterere y’umubiri wayo no mu miterere y’ubudahangarwa bwawo. Uretse kuba ari inyoni iguruka, agacurama gafite isura y’imbwa. Iyi nyamaswa ivanze gusa n’imbwa kandi ik...
Mu Mudugudu wa Musega, Akagari ka Kivugiza, Umurenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo haravugwa urupfu rw’abana babiri n’abandi bantu bakuru bajyanywe kwa muganga bivugwa ko bazize kurya umuceri ‘uhuma...
Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yateranije inama y’abayobora inzego za gisirikare z’igihugu cye ngo bigire hamwe icyo bakora ngo bahane Iran kubera ibitero bya missile...
Abakorerabushake 70 ba Croix Rouge bakorera mu Turere tw’Umujyi wa Kigali nibo bahawe ayo mahugurwa ku ikubitiro bakazakurikirwa n’abandi mu gihe gito kizaza. Emmanuel Mazimpaka ushinzwe i...
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ivuga ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Marburg ihagaritse gusura abana ku mashuri biga bacumbikirwa. Kuri uyu wa 02 Ukwakira nibwo MINEDUC yavuze ko ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yageze muri Latvia mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu abanza gusura inzu ndangamurage y’iki gihugu kiri mu bigizi icyitwa Baltic. Mu masaha ari imbere Kagame ara...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko nyuma y’igitutu cy’itangazamakuru, ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwakoranye na Polisi barekura umuyobozi ushinzwe imibereho myiza mu Kagari Bihembe wari ufungiye mu...








