Mu kiganiro cyahawe abanyamakuru kuri uyu wa Mbere abari basanzwe babyaza umusaruro Kigali Heights bavuze ko bayigurishije n’ikigo cy’ubucuruzi YYUSSA Company Ltd ku giciro cya Miliyari Fr...
Ikigo kitwa Kigali Heights Development Company giherutse kugura inyubako ikomeye yo mu Mujyi wa Kigali yitwa Kigali Heights. Mu masaha y’umugoroba hateganyijwe ikiganiro n’itangazamakuru kiri bugaruke...
Ikigo kitwa CubeSat cy’abanya Repubulika ya Tcheque kiri gukora icyogajuru cy’u Rwanda kizoherezwa mu kirere mu mwaka wa 2026. Kizaba gishinzwe gukurura amakuru y’ibintu bitandukanye birimo n’ibireba ...
Mu bayobozi bashya biyongereye mu ikipe ya APR FC ni, Lt Col Alphonse Muyango wagizwe umuyobozi ushinzwe ibikoresho, mu gihe Captain Muziranenge we yagizwe umuyobozi ushinzwe ubuyobozi n’imari (admini...
Drone ya Hezbollah yaraye irashe igisasu ku ngabo za Israel aho zari ziri mu birindiro byazo biri ahitwa Binyamina hapfa abasirikare bane, abandi barenga 60 barakomereka, bamwe mu buryo bukomeye. Ubu ...
Umuhanzi Butera Knowles aherutse gutaramira Abanyamerika mu gitaramo kiswe African Rhythms bishimira inganzo ye. Igitaramo cye cyateguwe n’ikigo Global Livingstone Institute. Butera yavuze ko yanyuzwe...
Polisi ishinzwe umutekano mu mazi ya Uganda yafunze abarobyi 24 bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ifatira ubwato bwabo n’ibyari biburimo byose. Ibyo ni moteri n’incundura bari bajyanye kurobe...
Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yaraye asezerewe mu mikino ya CECAFA ubwo yahuraga n’ikipe ya Tanzania ikayatsinda ibitego 3-0. Uyu mukino wabereye mu kibuga kitwa AZAM Complex kuri uyu mugoroba. Int...
Rees Kinyangi uyobora SONARWA na Aisha Uwamahoro ushinzwe ibaruramutungo muri iki kigo batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha bakurikiranyweho kunyereza miliyoni Frw 117. Ubugenzacyaha bwabwiye ...
Bamwe bavuga ko yari Umutaliyani mu gihe ubushakashatsi buheruka bwemeje ko ibihamya bya gihanga byerekana ko Christopher Columbus yari Umuyahudi wabaga muri Espagne. Impaka mu ntiti ku nkomoko ya Chr...









