Umuturage usanzwe wikorera ku giti cye avuga ko ibyo umuyobozi muri RAB ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi aherutse gutangaza by’uko mu myaka itanu iri imbere buri rugo ruzaba rworoye inkoko, byagombye ahub...
Me Samuel Nkubayingoga umunyamategeko w’Uruganda Ingufu Gin Limited avuga ko ubwo babonaga ko ubwo babonaga ko hari abantu bigana inzoga z’uruganda rwabo, byababaje bityo agiye kubatangira ikirego. Mu...
Paul Kagame yageze Apia, mu murwa mukuru w’ibirwa bya Samoa, aho yitabiriye inama ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth, uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongerez...
Umwe mu bagenzacyaha ukorera mu Mujyi wa Kigali aherutse guhabwa ruswa n’umwe mubo Urwego rw’Ubugenzacyaha rwari rwafashe arayanga. Ni ruswa ya Miliyoni Frw 4 zirenga. Uwo mugabo yari umwe mu bantu 1...
Umunyamakuru Orla Guerin usanzwe ukorera BBC yeretswe ahantu mu kuzimu aho ingabo za Israel zivuga Hezbollah yabitse zahabu n’amadolari byinshi. Byanditswe ko iyo mari ibitswe mu kuzimu kuri mun...
Perezida wa Cameroun Paul Biya w’imyaka 91 yongeye kuboneka mu ruhame ku nshuro ya mbere mu byumweru bitandatu bishize aba ahinyuje atyo abavugaga ko yapfuye bikagirwa ibanga. Televiziyo ya Leta...
Inzu z’abacururiza mu Mudugudu wa Mizingo, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu zafashwe n’inkongi. Ni inkongi yadutse hagati ya saa kumi n’ibyiri gice na saa moya. Umunyamabanga ...
Umwe mu Banyarwanda[kazi] bitabiriye isiganwa ry’imodoka ryabaye mu mpera z’Icyumweru gishize witwa Queen Kalimpinya avuga ko impamvu ikomeye ituma batitwara neza cyane ari uko bakoresha imodoka zisha...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko hari kwigwa uko mu masaha y’urujya n’uruza rwinshi muri uyu mujyi hazashakwa uko imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zihabwa imihanda yazo gusa. Ni um...
Bujyacyera Jean Paul uzwi mu biganiro by’imyidagaduro ku Isango Star wamamaye ku izina rya Gutermann Guter yatangiye kubaka ishuri ry’abana bato rizuzura rifite agaciro ka miliyoni Frw 120. Icyifuzo ...









