Céline Uwase ni umuhanzi utaragera kure cyane mu mwuga we. Gusa ni umwe mu bahanga baririmbira Imana indirimbo ziyihimbaza. Mu ndirimbo aherutse gusohora, harimo ubutumwa bugenewe ab’ubu bagaragara n...
Perezida Paul Kagame yaraye ahembewe kuba Umunyafurika w’umwaka wa 2024 nyuma y’uko abamuhaye iki gihembo basuzumye bagasanga nta wundi wamuhize mu kuzamura ubukungu bw’Afurika. Iki gihembo kigenerwa ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwafunze umugabo w’imyaka 39 ukekwaho kujya Kwa Sebukwe agatema umugore we wari wahahukaniye. Uwo mugore we afite imyaka 30 y’amavuko. Mu gicuku ahagana Saa cy...
Imvura yaraye iguye henshi mu Mujyi wa Kigali yateje ibiza birimo n’umukingo wagwiriye abana babiri bibaviramo urupfu. Ni ibyemezwa n’Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire yabwi...
Ibihugu byakolonijwe n’Ubwongereza bifite umugambi wo gutegura inyandiko yo kubwishyuza indishyi y’ubucakara bwabikoreye mu bucakara bwakorewe Abirabura bo muri Afurika no mu birwa bya Caribbean guher...
Abavandimwe batatu bo mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo baraye bakubiswe n’inkuba irabica. Bose bari bakiri bana bari basigaye mu nzu Nyina asohotse. Byabereye mu Mu Mudugudu wa Gikumba, Akaga...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi( ni amapingu) umushinjacyaha wo ku rwego rw’ibanze ukorera mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Karongi akurikiranyweho ruswa no kwaka indonke...
Umwe mu bakinnyi bakomeye muri Amerika witwa Idris Elba yatangaje ko afite gahunda yo kuzatura muri Afurika akazahamara imyaka 10 atoza abakinnyi ba filimi uko filimi ikinwa ku rwego mpuzamahanga. Idr...
Umunyamabanga wa Leta ya Israel ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye ubutegetsi bwa Israel kwirinda kujya mu ntambara yeruye na Iran. Uyu muburo uje nyuma y’uko mu mpera z’Icyumweru gis...
Paul Kagame yizihirije umunsi we w’amavuko aho ari mu birwa bya Samoa. Yagiye yo yitabiriye Inama ya CHOGM, Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza akaba ari nawe ubiyoboye mu myaka ibiri. Perezida ...









