Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris kuzakatira igifungo cy’imyaka 30 Umunyarwanda Dr.Eugène Rwamucyo ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatu...
Abahanga mu mateka bemeza ko ikayi y’umwihariko bita Journal Intime ari ingirakamaro mu kumenya imibereho y’abantu batubanjirije ku isi. Niyo yabafashije kumenya uko Abayahudi babagaho mu Ntambara ya ...
Inama nkuru ya Kiliziya Gatulika muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo-La Conférence épiscopale nationale du Congo,CENCO mu magambo ahinnye y’Igifaransa- yatangaje ko idashyigikiye ibyo guhindura Ite...
Sosiyete ya Prime Energy Ltd itunganya umuriro w’amashanyarazi ishima ko yabonye amafaranga ahagije izakuramo ayo kubaka urugomero rwa Rukarara VI ruhereye mu Karere ka Nyamagabe. Yabonye ayo mafarang...
Umuraperi Fireman ahamya ko EP( Extended Play) aherutse gukora yatumye yinjiza umuziki we ku rwego rwiza kuko yatangiye no kuwucuruza ku mbuga za murandasi zicuruza umuziki. Extended Play ni umuziki w...
Umuryango mpuzamahanga w’abagiraneza witwa Rotary Club Rwanda uvuga ko imwe mu ntego z’abawugize ari uko muri buri Karere ku Rwanda haba Rotary. Ni intego umwe mu bayobozi bakuru b’uyu muryango witwa ...
Minisiteri y’Ibidukikije iherutse gutangaza ko hirya no hino mu Rwanda hagiye guterwa ibiti miliyoni 65. Ni mu gihe 30% by’ubutaka bw’u Rwanda biteye ibiti. Kubitera bizakorwa mu rwego rwo...
Mouvément du 23 Mars( M23) yamaze kugera muri teritwari ya Walikale, iyi ikaba teritwari nini kurusha izindi zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kivu y’Amajyaruguru igizwe na Teritwari eshanu....
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana asaba Abanyarwanda gukomeza ingamba zo kwirinda Marburg, akababwira ko badakwiye gusagarira uducurama bitewe n’uko ari two byagaragaye ko twazanye kiriya cy...
Mu Ntara y’Uburengerazuba hatashywe ku mugaragaro inyubako Intare Kivu Arena biyubakiye ifite agaciro ka Miliyari Frw 5.7. Banishimiye uruhare bagize mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite aheru...









