I Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye inama yahuje intumwa z’u Rwanda, iza DRC n’abahagarariye Angola, ikaba yemerejwemo ko hajyaho itsinda rito ry’ingabo zizagenzura niba agahenge bi...
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi, Ruhango na Muhanga yafashe abantu 51 bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo budakurikije amategeko. Bafatanywe ibilo 700 bya gasegereti, lithium na coltan. Ab...
Visi Perezida wa Guinée Equatoriale Teodoro Obiang Nguema Mangue yanditse ku rubuga X ko bagiye guhagarika abayobozi bose bagaragaye bakorera imibonano mpuzabitsina mu Biro bya Minisitiri. Hari amas...
Uwayo Divin wari usanzwe ari umunyamakuru kuri RBA yashinzwe kuyobora radio zose za RBA. Bikubiye mu itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa RBA, rikaba rikubiyemo n’uko Ines Ghislaine Nyinawum...
Abagore baturutse mu bihugu by’Afurika bari mu Rwanda mu nama y’iminsi ibiri n’igice biga ibikibangamiye abakobwa mu kwiga Sciences muri Kaminuza. Bavuga ko bitumvikana ukuntu abagore n’abakobwa biga ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo amakuru yamemyekane ko inzego z’umutekano za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zafunze umupaka witwa Grande Barriere uhuza iki gihugu n’u Rwanda. Uyu mupaka us...
Mu masaha ya kare kare Abanyamerika baramutse bitabira gutora Umukuru w’igihugu cyabo, akaba agomba gutorwa hagati ya Kamala Harris na Donald Trump. Nubwo abaturage b’iki gihugu bagera kuri miliyoni 2...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko uducurama twazanye Marburg mu Rwanda twabanje kwanduza umugabo wakoraga mu kirombe cy’amabuye y’agaciro mu gace gaturanye n’Umujyi wa Kigali. Sabin Nsanzimana ushinzwe Mi...
Kuri iki Cyumweru abarwanyi ba M23 bafashe agace ka Kamandi-Gite kari mu Burengerazuba bw’ikiyaga cya Edouard kuri muri Sheferiy a Butangi muri Teritwari ya Lubero. Kare kare kuri iki Cyumweru nibwo a...
Mu mirenge ituriye ikiyaga cya Kivu mu turere twa Rutsiro na Rubavu hatangiye guterwa ibiti by’imbuto n’ibisanzwe kugira ngo bifate ubutaka buva mu misozi igikikije bityo hirindwe isuri. Isuri ibaho i...









