Umunyarwenya wo muri Uganda Anne Kansiime na mugenzi we wo muri Kenya witwa Mammito bagiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Gen-Z Comedy Night kizaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Ugushyingo, 2...
Muri Musanze hagiye kubakwa uruganda rukora ibyuma ruzunganira urwitwa SteelRwa Ltd rukorera mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Mwurire. Urw’i Musanze ruzakora ibyuma mu mabuye y’ubutare, rukazagaba...
Abayobozi bakuru mu ngabo za Uganda n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Kane taliki 07, Ugushyingo batangiye kuganira uko imikoranire mu kurandura ADF yakongerwamo imbaraga. Ibyo bigan...
Nyuma yo gukatirwa n’Inkiko Gacaca agahunga, umusaza witwa Harindintwari Niyongana Innocent w’imyaka 69 yafatiwe ku mupaka wa Rusumo mu Karere ka Kirehe asa n’uhungiye muri Tanzania. Ubusanzwe akomok...
Perezida w’Uburusiya yavuze ko yiteguye kwitaba Donald Trump igihe cyose azatera intambwe akamuhamagara. Yaboneyeho no kumushimira intsinzi aherutse kwegukana mu matora y’Umukuru w’Amerika aheruka. As...
Raporo y’Ikigo cy’Itumanaho MTN Rwanda (iri mu Cyongereza) igaragaza ko mu mezi icyenda ya mbere y’umwaka wa 2024 abafatabuguzi bacyo biyongereyeho 5,3% ugereranyije n’igihe nk’iki mu mwaka ushi...
FERWAFA yemeje ko hagiye gutahwa Hoteli yubatswe n’iri shyirahamwe, bikavugwa ko izatahwa mu mezi atatu ari imbere. Bivuze ko izatahwa muri Mutarama, 2025. Perezida wa FERWAFA, Munyantwali Alphonse ya...
Nk’uko byari biteganyijwe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane i Maputo mu Murwa mukuru wa Mozambique hakozwe imyigaragambyo ikomeye yiganjemo urubyiruko rushyigikiye umukandida wo mu ishyaka ritavuga rum...
The Ben-amazina ye ni Mugisha Benjamin- yandikiye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro asabira imbabazi Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta, avuga ko amubabariye. Ibaruwa yageze mu itangazamakuru i...
Ahitwa mu Rugando mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo haherutse gufungurwa icyumba cy’ikoranabuhanga mu gukora ibikoresho bikora nk’abantu bita robots kigenewe abana bakiri bato muri rusange....









