Imiryango y’Abarundikazi babaga mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, yatangaje ko ibabajwe n’urupfu rwabo rwatewe n’inkongi. Imyirondoro yabo yerekana abo Barundikazi ari Masika Sandra w’imyaka 20 n...
David Bayingana, umwe mu banyamakuru ba siporo ubirambyemo kurusha abandi, avuga ko ibyo uwitwa Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta aherutse kumushinjira mu rukiko by’uko yifitemo ivang...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri ni uw’uko Dr. Pierre-Damien Habumuremyi aba umwe mu bagize Akanama Ngishwanama k’Inararibonye kagira inama Umukuru w’igi...
Kugira ngo abazahajwe n’ibiza babone ahantu hakwiye ho kwitabwaho, Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yashyizeho ahantu hihariye (sites) izajya ibakirira. Byakozwe mu rwego rwo kuzabona...
Perezida Kagame avuga ko ubwo yari afite imyaka 40 yatekerezaga ko nagira nka 50 azaba yarakoze byinshi bihagije ku buryo yaruhuka. Ariko yaje gusanga ahubwo ari bwo yari afite ibyo gukora kurushaho. ...
Bamwe mu bamotari bakorera mu Mujyi wa Kigali babwiye Taarifa Rwanda ko bahisemo kugura moto zikoresha amashanyarazi kuko zibinjiriza kandi ntizihumanye ikirere nk’uko Guverinoma y’u Rwanda yabigize u...
Albert Shingiro ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Burundi avuga ko u Rwanda rudakwiye kugira impungenge zo kubushyikiriza abakoze Coup d’état mu mwaka wa 2025 igapfuba kuko ntacyo buzab...
Nk’uko isanzwe ibigenza mu kumenyesha abantu uko Marburg ihagaze, Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda nta muntu ukiyirwaye. Isaba Abanyarwanda kutirara ngo batezuke ku ngamba zo kwirinda iyi n...
Mu buryo busa n’ubuca amarenga y’uko umutoza w’Amavubi ashobora kongererwa amasezerano yo kuyatoza, ubuyobozi bwa FERWAFA bwavuze ko hari ibiganiro biri kuba hagati y’impande zombi. Umudage Fran...
Perezida Kagame avuga ko kugira ngo urubyiruko rw’u Rwanda ruteze imbere imishinga yarwo Guverinoma yarushyiriyeho ikigega kishingira imishinga yarwo kugira ngo igurizwe na Banki, iki kikaba ik...









