Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagize Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije ku wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024 batangaje ko ibarura ry’ubutaka bw’u Rwanda ryagar...
Ku wa Mbere taliki 18, Ugushyingo, 2024 mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, ahari icyicaro cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi hazabera inama yo kwemerera u Rwanda guhabwa Miliyoni € 20 yo gukoresha m...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri barangije ibizamini bya Leta by’amashuri yisumbuye ‘batazongera’ gusabwa kuba baratsinze amasomo abiri y’ingenzi mu yo bigaga kugira ngo bemererwe gukomer...
Guhera ku wa Gatatu Taliki 13, Ugushyingo, 2024 abakozi ba Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bari mu myigaragambyo kubera umushahara bita ‘intic...
Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi, Prudence Sebahizi yabwiye abikorera ku giti cyabo ko u Rwanda rwahize ko mu myaka itanu iri imbere rugomba kuba rwohereza hanze ibintu bifite agaciro ka Miliyari $7 z...
Mu mpera za Gicurasi, 2024 higeze gutangazwa ko hari ingofero yujuje ubuziranenge motari n’abagenzi bazajya bakoresha. Ibyayo byabaye nk’ibihagaze, ariko ubu amabwiriza y’ubuziranenge buzaranga iyo c...
Mushikiwabo Denyse, Christine Munezero na Ornella Umutoni ni abanyamideli bo mu Rwanda baherutse kumurikira imideli mu birori byabereye mu Murwa mukuru w’ubwami bwa Arabie Saoudite, bikaririmbwamo aba...
Mu Mudugudu wa Rebero mu Kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’umusore ukekwaho kwica Se arangije yishyikiriza Ubugenzacyaha. Uwapfuye yitwa Abdul Muhire akaba y...
Isesengura ry’ingengo y’imari y’umwaka wa 2025 yemejwe n’Inteko ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryerekana ko 13,12% byayo yose bizashyira mu rwego rwo gisirikare n’izindi nzego ...
Mu Mudugudu wa Byemveni( Bienvenue), Akagari ka Gisanga, Umurenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango haravugwa abasore batatu Polisi iherutse gufata ibakekaho gusambanya umugore w’imyaka 58 nyuma yo kumwib...









