Intabaza abacururiza mu isoko rya Kimironko bagejeje kuri Polisi mu minsi yashize niyo yatumye mu minsi ibiri ifata abantu ikekaho ubujura muri iri soko. Polisi yafashe abo bantu 29 hagati y’ita...
Mu Kagari ka Rutabo, Umurenge wa Kinazi muri Ruhango hafatiwe abaturage batandatu Polisi ivuga ko bategaga abantu bakabambura. Ni ubujura Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Po...
I Yokohama mu Buyapani hatangiye inama mpuzamahanga ihuza Afurika n’iki gihugu yitabiriwe n’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga, ibanziriza izahuza Abakuru b’ibihugu izaba mu minsi iri imbere. Bayita ...
Kubera kubura amadolari y’Amerika, Leta y’Uburundi iratekereza uko yakoresha amafaranga y’Ubushinwa bita Yuan (¥) nk’amadovize buzajya bukoresha butumiza ibicuruzwa hanze. Tariki 31, Nyakanga, 2025 ni...
Haba ikipe y’igihugu y’abagabo ya Basketball haba n’iy’abagore yombi yasezerewe mu marushanwa nyafurika ya Basketball yari yaritabiriye, ataha amara masa. Ikipe y’abagabo yari ihagarariye u Rwanda mu ...
Mu Biro bye, Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo Guillaume Ngefa Atondoko yaraye yakiriye Ambasaderi wa Amerika i Kinshasa witwa Lucy Tamlyn baganira uko ibihu...
Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi by’u Rwanda ishobora gutuma hari abahinzi bahita batangira gutera ibihingwa bigufi nk’ibishyimbo, ikintu gishobora gutuma bazarumbya. Minisiteri y&...
Perezida wa Repubulika yatangaje ko we n’umuryango we bamenye inkuru mbi ko Ambasaderi Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana kandi ko bifatanyije n’umuryango we n’Abanyarwanda bose muri rusange muri i...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), kimaze gutangaza ko Kirehe, Kicukiro na Ngoma ari two Turere twatsindishije cyane kurusha utundi, aka nyuma kaba aka Nyaruguru. Ni...
Ikigo Nyafurika gishinzwe kurwanya indwara, Africa CDC, cyemeje ko impinja zifite munsi y’ibilo bitanu zizajya zihabwa umuti wa malaria witwa artemether-lumefantrin. Igeragezwa ry’uyu muti ryakorewe m...









