Kuri uyu wa Gatandatu taliki 16, Ugushyingo, 2024 muri Gereza eshanu hirya no hino mu Rwanda habaye gusaka. Abacungagereza basanze muri izo gereza harimo ibintu bitemewe n’amategeko birimo urumogi, te...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Mu Mudugudu wa Nyakabanda mu Kagari ka Rwangara mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu hafatiwe umwana w’imyaka 17 ufite imbunda wambaye n’impuzankano y’ingabo za DRC. Abahatuye babwiye Bwiza.com...
Perezida Paul Kagame yasabye ibyamamare kubaha Ikinyarwanda bikakivuga mu kibonezamvugo cyacyo, batakishe kugira ngo bibe ari byo bituma abantu babumva ko ari ‘abastar’. Hari mu ijambo yagejeje ku bag...
Umuyobozi wa IBUKA mu Karere ka Ngoma, Biseruka Omar yabwiye itangazamakuru ko umukecuru w’imyaka 66 witwaga Pauline Nduwamungu wari wararokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yishwe n’abantu batahise bam...
Perezida w’Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yatangaje ko agiye kurega The New York Times, CBS, The Washington Post n’ibindi binyamakuru kuko byamusebeje kuwo bari bahanganye. Arasaba ko nibitsind...
Icyamamare mu mukino w’igipfunsi Umunyamerika Mike Tyson yaraye akubiswe n’umusore w’imyaka 27 witwa Jake Paul mu mukino yari yavuze ko ari uwo gusezererano akazi yakoze akina iteramakofe. Tyson afite...
Mu ntangiriro z’umwaka wa 2025, urugomero rwa Rusumo ruzatahwa ku mugaragaro n’Abakuru b’u Rwanda, Uburundi na Tanzania kuko ruzaba rwaruzuye. Kurwubaka kugeza rwuzuye byatwaye Miliyoni $ 468 ni ukuvu...
Mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Ntarama hari umugore witwa Peace Niyoyita woroye ingurube 400 z’icyororo cya kijyambere, agashima ikoranabuhanga rya drones z’ikigo Zipline rimufasha koroza ab...
Mu kibuga cya Kaminuza ya Sacramento State University muri California hashyizwe ikibumbano cyo kwibutsa abahiga n’abahigisha n’abazasura iyi Kaminuza ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi. Amakuru Taar...









