Inzego z’umutekano z’Uburusiya zitangaza ko kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Ugushyingo, 2024 hari missiles zo mu bwoko bwa Atacms Ukraine yaburasheho. Bivuzwe nyuma y’igihe gito Amerika yemereye Ukraine...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyahawe moto 39 zo kugeza ku bigo nderabuzima n’ibitaro byo hirya no hino mu Turere dutanu kugira ngo zizafashe abajyanama b’ubuzima kugera ku...
Imwe muri Chorali za mbere zabaye mu Rwanda( yashinzwe mu 1968) yitwa Hoziana ivuga ko hari igitaramo cy’iminsi itatu izakora mu minsi mike iri imbere. Ubuyobozi bw’iyi Chorale buvuga ko abantu bazaza...
John Rwangombwa uyobora Banki nkuru y’u Rwanda yitabye Sena ngo asobanurire abayigize bimwe mu byo basanze uru rwego rushinzwe ubuzima bw’ifaranga ry’u Rwanda rudatunganya neza. Birimo kuba hari inyan...
Mu kigo Vivo Energy Rwanda basaba abafite stations zicuruza ibikomoka kuri Petelori gukorana nabo kugira ngo babarebere niba nta binyabutabire bidakwiye bibirimo. Umukozi wacyo witwa Felix Ufiteyezu a...
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ugushyingo 2024, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wemereye u Rwanda miliyoni Є 20 zo gukomeza guhangana n’inyeshyamba ...
Ukurikije aho ibiganiro byo kwakira iri rushanwa mpuzamahanga bigeze, ushobora kwemeza ko niba nta gihindutse mu mwaka wa 2028, u Rwanda ruzakira irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa mu modoka bita Fo...
Mu kiganiro giherutse guhuza Polisi n’itangazamakuru mu Ntara y’Amajyaruguru, hatangarijwemo ko hagati ya Kanama na Ukwakira, 2024 abantu 339 bafatiwe muri magendu, abagera kuri 239 muri bo bakaba abo...
Mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze hari umwana w’umukobwa w’imyaka 12 urera abavandimwe be batatu. Abaturanyi b’abo bana babwiye itangazamakuru ko abo bana bagiye kumara imyaka ibiri bibana. Abab...
Lambert Mende Omalanga wigeze kuba Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ubwo yategekwaga na Joseph Kabila Kabanga, yaraye ahuye na Perezida Museveni. Bahuriye mu Biro bya Perez...









