Fridolin Ambongo Besengu usanzwe ari Cardinal wa Kinshasa akaba na Perezida wa Perezida w’Ihuriro ry’Abepiskopi Muri Afurika na Madagascar (SECAM) arasura u Rwanda kuri uyu wa Mbere. Araba aje mu nam...
Abahanga n’abandi bafata ibyemezo muri Politiki bavuga ko ingengo y’imari ya Miliyari $300 yo guhangana n’ingaruka z’ibidukikije iherutse kwemererwa muri COP 29 ari nke kandi i...
Izi ngamba Amerika yari yarafatiye u Rwanda zirimo gukumira ingendo yise ko zitari ngombwa z’Abanyamerika baruzamo. Icyakora ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (CDC) n’ibiro by’i...
Umukino wa mbere wo gushaka tiki yo kuzitabira imikino y’igikombe cya Afurika cyo mu mwaka wa 2025 wahuje u Rwanda na Senegal warangiye rutsinzwe na Senegal ku manota 81 na 58 yarwo. Uwo mukino waber...
Ubuyobozi bwa Uganda bwatangaje ko Kenya yari izi ko Kizza Besigye ari gushakishwa kandi ubuyobozi bw’iki gihugu bwatanze ubufasha ngo afatwe. Kizza ni umunyapolitiki uri mu bakomeye muri Uganda. Nyum...
Abahanzi babiri bari mu bo urubyiruko rukunda ari bo Ariel Wayz na Juno Kizigenza baherutse kugaragarizanya urukundo ku munsi w’amavuko wa Kizigenza. Muri iki gihe abo bahanzi bongeye kwerekana urukun...
Mzee Tito Rutaremera yaraye yizihije isabukuru y’imyaka 80 amaze avutse, ibi birori bikaba byitabiriwe na Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame. Amateka y’ubuzima bw’inararibonye Tito Rutare...
Jean Bosco Ntibitura yagizwe Guverineri W’Intara Y’Uburengerazuba asimbuye Lambert Dushimimana nawe wagiyeho muri Nzeri, 2023 asimbuye Francois Habitegeko. Hagati aho kandi Kibiliga Anicet...
Mu rugabano rw’Imirenge ya Musanze na Shingiro( yombi ni iyo muri Musanze) hari umugezi wakundaga kuzura amazi mu gihe cy’imvura ku buryo hari abana wahitanaga. Ubuyobozi bwawubatseho ikiraro kugira n...
Imibare y’abashakashatsi b’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere yatangajwe hafi mu myaka ine ishize, yerekana ko abakoresha bavuga ko kubona umukozi ushoboye kandi warangije Kaminuza ari ikibazo kibakomerey...









