Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu ingabo za Israel n’abarwanyi ba Hezbollah bahagaritse imirwano yo mu ntambara igiye kumara amezi atatu. Saa kumi za mu gitondo ni ukuvuga saa munani ku isaha m...
Abayobora ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na RD Congo bemeje inyandiko inzobere zashyizeho ivuga ku bigomba gukorwa mu mugambi w’amahoro mu kurandura FDLR nk’uko Ibiro ntaramakuru bya Angola bib...
Mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke haravugwa urupfu rw’amatungo magufi bigakekwa ko ari imbwa ziyica. Nazo zatangiye guhigwa bukware hakaba hari ebyiri zishwe. Ibarura rivuga ihene esheshatu n...
Perezida wa Amerika watowe Donald Trump yatangaje ko natorwa azashyiraho imisoro iri hejuru ku Bushinwa, kuri Mexique no kuri Canada. Yemeza ko ibyo biri mu bya mbere azakora akigera mu Biro. Trump av...
Abagize urugaga rw’abikorera ku giti cyabo bo mu Rwanda baherutse gutangaza ko bazatanga umusanzu ufatika mu kubaka umuhanda wa gari ya moshi u Rwanda ruteganya kubaka ku bufatanye n’Ubushinwa. Ni umu...
Abagore mu ngabo z’u Rwanda zigize ingabo zirwanira ku butaka zo mu kitwa Battle Group VI cyoherejwe mu butumwa bw’ Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), baganirije abagore ...
Ubuyobozi mu nzego z’umutekano mu Misiri butangaza ko hari ubwato bwarohamye abantu 17 mu bari baburimo baburirwa irengero. Bwarohamye ubwo barimo bwambuka Inyanja Itukura, abantu 28 bo bararohorwa. ...
Mu Karere ka Musanze hatewe ibiti 6,000 ku musozi uri mu Murenge wa Gashaki hagamijwe kurinda ko isuri ikomeza kwisuka mu kiyaga cya Ruhondo. Ikiyaga cya Ruhondo gikora no ku Karere ka Burera, kikagir...
Umugore wa Kizza Besigye witwa Winny Byanyima asaba amahanga gukomeza gushyira igitutu ku butegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni kugira ngo arekure umugabo we uherutse kuvanwa muri Kenya akaba ari kub...
Umunyamerika w’icyamamare mu gusetsa ku rwego rw’isi Steven Harvey yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi avuga ko burya imbabazi ari ingenzi mu kubanisha abantu. Yakomozaga ku mbabazi abarok...









