Abantu 15 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’amazi y’imvura yaguye mu minsi ishize, abandi 100 ubu baburiwe irengero. Inkangu ukomeye yahitanye abo bantu bari basanzwe batuye muri disit...
Mu Mudugudu wa Kabuga mu Kagari ka Nyamwumba, mu Murenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo haravugwa urupfu rw’abantu batatu bagwiriwe n’ikiombe bari bagiye gucukuramo amabuye y’agaciro...
Dusenge Ariane ukora mu Ihuriro ry’Imiryango y’abafite ubumuga, NUDOR, avuga ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina ribakorerwa ribashegesha bityo ko abantu bose harimo n’abanyabugeni b...
Tariki 25, Ugushyingo, 2024 i Luanda muri Angola habereye inama yahuje Minisitiri Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na mugenzi we Judith Kayikwamba Wagner wa DRC, iganirirw...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Judith Suminwa yahuye na mugenzi we wo mu bwami bwa Maroc witwa Aziz Akhannouch baganira uko Kinshasa yarushaho gucuruzanya na Rabat. Baganiri...
Muri ba Ambasaderi Perezida Kagame yaraye yakiriye impapuro zabo zibemerera gukorera mu Rwanda, harimo n’uwa Luxembourg witwa Jeanne Crauser. Aje guhagararira Luxembourg mu Rwanda nyuma y’uko narwo rw...
Ubyumvise wakumva ko ari kera ariko mu mwaka wa 2026 ni vuba cyane. Muri uwo mwaka rero abahanga bavuga ko ibikoresho bya plastic ku isi hose bizaba byarikubye gatatu, ikintu giteye inkeke. Bamwe muri...
Mu rwego rwo gushima umuhati bagize mu buhanzi mu mwaka wa 2024 mu Karere k’Ibiyaga bigari, abahanzi bo muri aka Karere barimo abakomoka mu Rwanda bari guhatanira ibihembo bigize ikitwa Magic Vibe Awa...
Umuhinde Salman Khan ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ibindi bifitanye isano wabaga mu Rwanda yoherejwe iwabo. Kuri uyu wa Gatatu, taliki 27 Ugushyingo 2024, nibwo yurijwe indege ku kibuga cy’Ind...








