Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko ku munsi Abanyarwanda hafi icyenda bandura SIDA, n’aho barindwi ikibahitana. Abo barindwi bicwa na SIDA baza biyongera ku bantu bapfa ...
Uwo ni umupaka u Rwanda rusangiye na Uganda. Abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka ku mpande zombi bahuye bemeranya ku buryo bwazakoreshwa ngo umutekano muri ibyo bice urusheho kunoga. Mu mpera z...
Polisi mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango yafunze Umukuru w’Umudugudu ari kumwe n’abaturage babiri ibakurikiyeho gukubita no gukomeretsa umwana w’imyaka 17 witwa Cyubahiro Inno...
Rwagati mu Bushinwa ahitwa Wangu havumbuwe ikirombe cya zahabu ubutegetsi bwa Beijing buvuga ko ari cyo cya mbere kinini ku isi. Bagenekereje basanga gifite agaciro ka miliyari $80. Ikigo gishinzwe ub...
Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye ntiyitabiriye Inama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, EAC, yabereye Arusha muri Tanzania. Yahagara...
Nk’uko byari biteganyijwe, Perezida Kagame yageze Arusha muri Tanzania aho yitabiriye Inama ya 24 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Ibiro Village Urug...
Théophila Mukamugambi, Umuyobozi w’agateganyo w’Ishami rishinzwe gahunda yo kugaburira abana ku ishuri muri Minisiteri y’uburezi niwe watangarije i Nkumba mu Karere ka Burera iby’iyo mibar...
Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 30, Ugushyingo, 2024 i Arusha muri Tanzania hazateranira Inama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazub, EAC, izizihirizwamo i...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yatemberejwe ibyumba bya Katedalari Notre de Dame de Paris, ikaba imwe mu nyubako zikomeye ku isi kubera igihe zubakiwe n’ubuhanga yubakanywe. Ni inyu...
Einat Weiss uhagarariye Israel mu Rwanda avuga ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore bo mu Rwanda n’ahandi ku isi ari icyorezo gishengura umubiri na roho. Yavuze ko iki kibazo ki...









