Skip to content
Hot News

Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Muhanga: Ba Nyiri Ibirombe Bibukijwe Gushyira Abakozi Muri Ejo Heza

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

My Blog

My WordPress Blog

Menu
Thursday, January 29, 2026

admin

  • Mu mahanga

Perezida Wa Syria Yahunze Igihugu

Ubutasi bwa gisirikare butangaza ko umurwa mukuru wa Syria witwa Damascus wafashwe n’abarwanyi bari bamaze iminsi bawototera. Bivugwa ko Perezida wa Syriana Bashar Assad yafashe indege ahungira ahantu...

admin
December 8, 2024
Read More
  • Mu Rwanda
  • Umutekano

Gakenke: Imodoka Yaguye Mu Mugezi Abayirimo Barapfa

Imodoka yavaga muri Musanze igiye i Kigali yageze mu Karere ka Gakenke irenga umuhanda igwa mu mugezi abantu babiri bari bayirimo barapfa. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Jean Bosco Mw...

admin
December 8, 2024
Read More
  • Mu mahanga

Israel Yatangiye Kwitegura Kurwana N’Ibitero Byava Muri Syria

Ingabo za Israel zikorera mu bice byegereye Syria zatangiye kwitegura kuzarwana n’abashobora kuva yo bakayitera cyane cyane ko ingabo z’iki gihugu zamaze guhunga umupaka uri mu bitwa bya Golan( ...

admin
December 7, 2024
Read More
  • Mu Rwanda
  • Ububanyi n'Amahanga

Kuba Ubushinwa Ari Igihangange Ni Ikintu Cyiza-Perezida Kagame

Mu kiganiro yahaye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku bibazo by’ubukungu biri ku isi yitwa Doha Forum, Perezida Kagame avuga ko kuba  Ubushinwa ari igihugu gikomeye ari ikintu cyiza. Kagame avuga ...

admin
December 7, 2024
Read More
  • Mu Rwanda
  • Politiki

FPR Inkotanyi Igiye Gutora Abayobozi ‘Mu Zindi Nzego’

Umuryango FPR-Inkotanyi wamenyesheje abanyamuryango bawo uko amatora y’abayobozi bawo ateye guhera ku rwego rw’Umudugudu kugeza ku rw’Umujyi wa Kigali. Kuri uyu wa Garandatu taliki 07 nibwo azatangira...

admin
December 7, 2024
Read More
  • Mu Rwanda
  • Politiki

Ngirente Asanga Bitaraba Ngombwa Ko Hashyirwaho Minisiteri Y’Itangazamakuru

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko igihe cyo gushyiraho Minisiteri y’itangazamakuru kitaragera kuko hasanzwe hari urundi cyangwa izindi nzego zita kuri uyu mwuga. Yabwiye itangazamakuru...

admin
December 7, 2024
Read More
  • Mu mahanga
  • Politiki

Espagne Yanze Gufasha Amerika Guha Israel Intwaro

Inzego z’iperereza zo muri Amerika zarakajwe n’ibyo zise ‘kubangama’ nyuma y’uko ubwato butatu bivugwa ko bwari bupakiye intwaro zari zoherejwe muri Israel  bwangiwe guca mu mazi ya Espagne ngo bukuki...

admin
December 7, 2024
Read More
  • Mu mahanga
  • Ubuzima

DRC: Leta Ihangayikishijwe N’Indwara Ikomeje Kwica Abaturage

Minisitiri w’ubuzima Samuel Roger Kamba Mulamba avuga ko ubuyobozi buri gucungira hafi ubwiyongere bw’indwara ‘itazwi’ imaze iminsi iri ahitwa Panzi, imaze kwica abarenga 100 mu gihe gito. Nk’ubu hari...

admin
December 7, 2024
Read More
  • Mu Rwanda
  • Umutekano

Nyabihu: Mu Nzego Z’Ibanze Barasabwa Kudahishira Abahohotera Abana

Ubuyobozi bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha-mu ishami ryo gukumira ibyaha- bwasabye abayobozi mu nzego z’ibanze kutamenya ngo bahishire ishohoterwa rikorerwa abana n’abagore. U Rwanda hamwe n’ahan...

admin
December 7, 2024
Read More
  • Mu Rwanda
  • Ubutabera

Maj Gen (Rtd) Richard Rutatina Afunzwe Na RIB

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze Maj Gen (Rtd) Richard Rutatina, nyuma y’igihe rumukoraho iperereza kubyaha byo gutanga amabwiriza ku bakozi be, bagakubita uwari waraye mu nzu ye iri mu ifamu ye...

admin
December 6, 2024
Read More
1...127128129130131...968
Copyright © 2026 My Blog | Powered by News Magazine X