Ubutasi bwa gisirikare butangaza ko umurwa mukuru wa Syria witwa Damascus wafashwe n’abarwanyi bari bamaze iminsi bawototera. Bivugwa ko Perezida wa Syriana Bashar Assad yafashe indege ahungira ahantu...
Imodoka yavaga muri Musanze igiye i Kigali yageze mu Karere ka Gakenke irenga umuhanda igwa mu mugezi abantu babiri bari bayirimo barapfa. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Jean Bosco Mw...
Ingabo za Israel zikorera mu bice byegereye Syria zatangiye kwitegura kuzarwana n’abashobora kuva yo bakayitera cyane cyane ko ingabo z’iki gihugu zamaze guhunga umupaka uri mu bitwa bya Golan( ...
Mu kiganiro yahaye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku bibazo by’ubukungu biri ku isi yitwa Doha Forum, Perezida Kagame avuga ko kuba Ubushinwa ari igihugu gikomeye ari ikintu cyiza. Kagame avuga ...
Umuryango FPR-Inkotanyi wamenyesheje abanyamuryango bawo uko amatora y’abayobozi bawo ateye guhera ku rwego rw’Umudugudu kugeza ku rw’Umujyi wa Kigali. Kuri uyu wa Garandatu taliki 07 nibwo azatangira...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko igihe cyo gushyiraho Minisiteri y’itangazamakuru kitaragera kuko hasanzwe hari urundi cyangwa izindi nzego zita kuri uyu mwuga. Yabwiye itangazamakuru...
Inzego z’iperereza zo muri Amerika zarakajwe n’ibyo zise ‘kubangama’ nyuma y’uko ubwato butatu bivugwa ko bwari bupakiye intwaro zari zoherejwe muri Israel bwangiwe guca mu mazi ya Espagne ngo bukuki...
Minisitiri w’ubuzima Samuel Roger Kamba Mulamba avuga ko ubuyobozi buri gucungira hafi ubwiyongere bw’indwara ‘itazwi’ imaze iminsi iri ahitwa Panzi, imaze kwica abarenga 100 mu gihe gito. Nk’ubu hari...
Ubuyobozi bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha-mu ishami ryo gukumira ibyaha- bwasabye abayobozi mu nzego z’ibanze kutamenya ngo bahishire ishohoterwa rikorerwa abana n’abagore. U Rwanda hamwe n’ahan...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze Maj Gen (Rtd) Richard Rutatina, nyuma y’igihe rumukoraho iperereza kubyaha byo gutanga amabwiriza ku bakozi be, bagakubita uwari waraye mu nzu ye iri mu ifamu ye...









