Guhera kuri uyu wa Kabiri mu Rwanda hazabera Inama izitabirwa n’abahanga mu gutunganya impu, ikazigirwamo uko byarushaho guha amafaranga ababikora. Yateguwe n’ikigo nyafurika kigisha abant...
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe imibereho myiza Agnes Uwamariya avuga gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri yagize uruhare rwiza mu kugabanya igwingira. Uwamariya avuga ko ...
Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’abahanzi ifatanyije na Imbuto Foundation igiye kubaka ibigo by’urubyiruko mu rwego rwo kuzamura impano zarwo. Ni ubufatanye bwiza kuko Umunyamabanga wa Le...
Amakuru yaraye avugwa yari ay’uko Perezida wa Syria Bashar Assad yahungiye muri Burusiya ariko bitaremezwa. Ubu byarangiye kwemezwa n’ibinyamakuru byo mu Burusiya ko ari ho yahungiye. Ub...
Mu rwego rwo kwishyira hamwe hagamijwe kongera imbaraga no guhuza ibikorwa mu mikorere y’imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka 1994, imiryango AERG-GAERG-AHEZA na IBUKA yihuje iko...
Forbes yanditse ko mu mezi 12 ashize nta muntu winjije Amadolari y’Amerika menshi kurusha abandi ku isi nka Mark Zuckerberg. Kugeza mu Ukuboza, 2024 yinjije Miliyari $112.6, akaba abarirwa yose ...
John Dramani Mahama wigeze kuyobora Ghana niwe wongeye gutorerwa uwo mwanya ukomeye kurusha indi muri Ghana. Uwo bari bahanganye witwa Mahamudu Bawumia , akaba yari asanzwe ari Visi Perezida we, yemey...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kurandura SIDA, inzego z’ubuzima zigiye gutangira guha abantu umuti witwa ‘Cabotegravir Long Acting’ bahina uukitwa CAB-LA. N umuti uterwa mu rushinge hagamijwe...
Abanyapolitiki babiri bakomeye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo Martin Fayulu na Moise Katumbi banzuye gukorera hamwe bagamije guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi. Byatangajwe na P...
Gasogi United yatangaje ko igiye kurega umukinnyi wayo ukomoka muri Centrafrique, Théodore Yawanendji-Malipangou Christian kuko yataye akazi no kutubahiriza amasezerano bagiranye. Ibaruwa ikubiyemo im...









