Ambasaderi Rwamucyo Ernest yabwiye Akanama k’Umuryango w’Abibumbye ko u Rwanda ruzi neza ko DRC ikomeje gukorana na FDLR. Hari mu nama yahuje abagize aka Kanama bari bahuye ngo bagezweho r...
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere cyatangaje ko, mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru irangiza n’itangira umwaka, ahabera imyidagaduro harimo amahoteli, utubari, ...
Umuyobozi wa Groupe Scolaire Saint Joseph Rasaniro mu Karere ka Nyaruguru witwa Oswald Kubwimana avuga ko bazibukiriye gushyira hasi imifuka ihunitse ibiribwa bigaburirwa abana. Basanze bituma bizamo ...
Ubwo yakiraga indahiro y’abasirikare baherutse kugenwa ngo babe abacamanza mu rukiko rukuru rwa gisikare, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabibukije ko ikinyabupfura mu mico no mu myitwarire...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro ku masoko mu Ugushyingo 2024 byazamutse ku kigero cya 5% ugeraranyije n’uko byari bimeze mu Ugushyingo 2023. Mu kwezi kwaban...
Umunya Nigeria wamamaye mu muziki witwa David Adedeji Adeleke, uzwi nka Davido avuga igihugu cye gikeneye ubuyobozi buhamye bufite intego irambye yo guteza imbere abaturage. Mu kiganiro kitwa Elevate ...
Ingabo za Israel zirwanira mu kirere zatangiye kurasa mu bice bya Syria birimo no mu murwa mukuru Damascus. Ikigo cy’abanya Syria gikurikiranira hafi iby’uburenganzira bwa muntu kitwa Syrian Observa...
Perezida Paul Kagame ari i Nouakchott umurwa mukuru wa Mauritania mu nama nyafurika yiga ku burezi no gushakira imirimo urubyiruko. Yateguwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ku bufatanye n’Ishami r...
Hari abaturage bo muri Rutsiro bashima ko Urwego rw’Ubugenzacyaha ruhugura abantu ku kwirinda ibyaha, bikabafasha kutagongana n’ amategeko. Umwe muri bo avuga ko kwiga ari uguhozaho kandi ...
Kubera kubura aheza ho kwanika ibitunguru n’urusenda, umusaruro ungana na 30% w’ibi bihingwa urangirika. Wangirikira mu mirima, mu nzira ujyanwa ku isoko bigahombya abahanzi. Mu rwego rwo ...









