Abatuye Umudugudu wa Gikundiro n’abatuye uwa Rugwiro mu Kagari ka Nyakabanda mu Murenge wa Niboye muri Kicukiro bateranyije Miliyoni Frw 27 zo kububakira kaburimbo ya metero 824. Murera Assoumani uyob...
Abahanga mu bukungu, abacuruzi n’abafata imyanzuro ya politiki bateraniye i Kigali mu nama yigirwamo uko ikoranabuhanga rikoresha ubwenge buhangano ryafasha mu gukusanya no gutanga imisoro vuba kandi ...
Mu buryo budasubirwaho, Perezida Kagame niwe watangaje ko u Rwanda rutanze Kandidatire yo kuzakira Formula 1. Yagize ati: “Nishimiye gutangaza ku mugaragaro ko u Rwanda ruri gusaba kugarura isiganwa r...
Kuri uyu mugoroba, Guverineri Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye ku mugaragaro uruganda ruzakora inzoga ikomeye ya Vodka mu birayi. Ni uruganda rwitwa Virunga Mountai...
Kamwe mu duce M23 iri gushaka kwigarurira mu bindi bice bya Kivu y’Amajyaruguru kitwa Lubero kagiye kumara iminsi 11 harabaye isibaniro hagati yayo n’ingabo za DRC. Kuri uyu wa Kane taliki 12, Ukuboza...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 12, Ukuboza, 2024 Perezida Kagame yashimiye abayobozi mu ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka kubera icyizere bagiriye u Rwanda bakaza mu nama...
Hari ababyeyi babura Frw 975 yo kugurira abana imboga zo kurira ku ishuri muri gahunda ya School Feeding bagahitamo kujyayo bakazihinga nk’ingurane. Bamwe muri bo ni abo mu Karere ka Kayonza na ...
Ubwo yakiraga indahiro ya Perezida w’Urukiko rw’ikirenga n’umwungirije, Perezida Kagame yavuze ko abantu barenganya abandi cyangwa bakikubira iby’abandi bakwiye kubireka. Avuga...
Transparency International Rwanda yahishuriye abaje kumva ubushakashatsi iherutse gukora ko Urwego rw’abikorera mu Rwanda ruza ku isonga mu barya ‘ruswa nto’. Uyu muryango wamuritse ubush...
Muri Syria ubuzima bwatangiye gusubira mu buryo nyuma y’uko inyeshyamba zifashe iki gihugu. Biri kuba gahoro gahoro nk’uko bagenzi bacu ba BBC bari yo babyemeza. Bavuga ko abaturage b̵...









