Imibare y’agateganyo iravuga ko abantu 19 baguye mu mpanuka yabereye muri Tetitwari ya Mitwaba iri mu Ntara ya Haut-Katanga. Haburaga ibilometero 19 ngo bagere ku gasanteri bari bagiyeho. Bari bari m...
Itangazo rya Minisiteri y’Intebe ryatangaje ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Nelly Mukazayire Minisitiri wa Siporo, asimbuye Nyirishema Richard wari kuri uwo mwanya mu mezi ane ashize. Mu...
Umuvunyi mukuru wungirije ushinzwe kurwanya ruswa Abbas Mukama avuga ko ruswa iri henshi ariko ko ikwiye kurwanywa. Avuga ko hamwe mu hantu habi ishobora kugira ingaruka ni mu rwego rw’ubuzima. Abbas ...
Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr. Emmanuel Ugirashebusha kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ukuboza 2024 yatangaje ko gukoresha ubwumvikane hagati y’abafitanye ibibazo byafashije mu...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko nyuma yo kumenya amakuru y’urugomo ruvugwa mu mutwe w’iyi nkuru, rwatangiye iperereza ruta muri yombi abasore n’inkumi b’Abanyarwanda bari mu bikorwa byo ...
Ubuyobozi bw’uruganda Masaka Farms bukorera mu cyanya cy’inganda cya Masoro bushimirwa ko mu nzego zose z’imirimo irukorerwamo uhasanga abafite ubumuga. Ubumuga ni imiterere ya rumwe mu ngingo z’umubi...
Guverinoma y’u Budage yemeye gutera u Rwanda inkunga ya Miliyoni 20.97 z’Amayero ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 30 yo gushora mu mishinga yo gutera inkunga ibikorwa byo guhangana n’imihindagurikire y’...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 16 yafatiye mu turere tunyuranye ibakurikiranyeho kwiba inka. Guhera muri Nzeri, 2024 kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, Polisi yavuze ko hibwe inka zirenga 100. Abo ...
Inzego z’iperereza za Ukraine zivuga ko ari zo zateguye kandi zituma umugambi wo kwica Lt Gen Igor Kirillov wo mu ngabo z’Uburusiya ushyirwa mu bikorwa. Uyu musirikare kuri uyu wa Kabiri yaturikanywe ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye abayobozi n’abahanga mu by’ingufu za nikeleyeri bari bamaze iminsi mu Rwanda mu nama yiga kuri izi ngufu. Abo bayobozi bayobowe na Dr. Lassina Zerbo, U...









