Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kuri Noheli hirya no hino mu Rwanda havutse abana 887 kandi abenshi muri bo ni abakobwa kuko ari 467 mu gihe abahungu ari 420. Imibare y’abo bana yakusanyijwe ivuye mu bi...
Mu Mudugudu wa Karengere, Akagari ka Mbuga mu Murenge wa Nyabinoni mu Karere ka Muhanga haravugwa umugabo w’imyaka 29 wahinze urumogi mu murima w’ibishyimbo. Ntiharamenyekana neza uko rungana ariko am...
Kevin Muhire uyobora bagenzi be basangiye gukinira Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasezeranyije Abanyarwanda ko bazatsinda umukino uzabahuza n’ikipe y’igihugu ya Sudani y’Epfo. Uwo mukino witeguwe na bensh...
João Lourenço uyobora Angola aherutse gutekerereza Perezida wa Mauritania, akaba na Perezida w’Afurika Yunze ubumwe, witwa Mohamed Ould Cheikh El Ghazouani aho agejeje ubuhuza akora hagati ya Kigali n...
Hari abacuruzi bavuga ko iyo ibicuruzwa bisabwe gucishwa mu bigo bitandukanye ngo bisuzimirwe ubuziranenge, bituma bitinda kwemererwa gushyirwa ku isoko, bigakerereza umucuruzi ndetse n’umuguzi bikamu...
Ingabo za Ukraine zivuga ko hari umusirikare wa Koreya ya Ruguru zafatiye ku rugamba yakomeretse. Si Ukraine yonyine ibyemeza ahubwo n’ubutegetsi bw’i Seoul muri Koreya y’Epfo buraby...
Umusaza w’imyaka 62 yafatiwe mu Mu Murenge wa Musebeya mu Karere ka Nyamagabe nyuma y’imyaka 30 yari amaze yihisha kubera Jenoside yakorewe Abatutsi yagizemo uruhare ubwo yabaga mu cyahoze ari Komini ...
Imwe mu ngingo zikomeye ziri kuvugwaho mu Rwanda mu mpera z’umwaka wa 2024 ni itegeko ryemerera abangavu gukuramo inda mu gihe no mu buryo bugenwa n’itegeko. Kiliziya Gatulika y’u Rwanda iri mu nzego ...
Minisiteri y’ingabo mu Burusiya itangaza ko ibitero bya missiles iki gihugu cyagabye kuri Ukraine byageze ku ntego yo gusenya ibikorwa remezo by’ingufu byari bisanzwe byubatswe ahitwa Kharkiv, Kyiv, D...
Madamu Einat Weiss ni Ambasaderi wa Israel mu Rwanda. Yaje muri izi nshingano asimbuye Dr. Ron Adam. Si mu Rwanda ahagarariye inyungu za Yeruzalemu gusa ahubwo anazihagarariye mu Burundi. Aharutse guh...









