Abaturage bo mu Karere ka Rusizi cyane cyane abahahira mu isoko ry’i Gihundwe bavuga ko kugura ihene yo kubaga ku bunani ari undi mushinga uhenze kuko hari izigura Frw 160,000. Icyashara cy’abaguzi b...
Umunyeshuri ukomoka mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi na Polisi imushyikiriza RIB azira gutekera ababyeyi be umutwe ngo yashimuswe n’abagizi ba nabi, akabasaba ko bamwoherereza Frw 100,000. ...
Mperutse kwinjira muri Sudani y’Epfo mvuye muri Uganda. Nahahuriye na byinshi nifuza gusangiza abasomyi ba Taarifa Rwanda. Ninjiye muri Sudani y’Epfo nciye ku mupaka uri ahitwa Elegu, hari ku wa Kane ...
Abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro n’umutekano muri Mozambique (RSF) bifatanyije n’abaturage bo mu gace ko Macomia mu Ntara ya Cabo Delgado, mu muganda rusange wabaye mu mp...
Video bivugwa ko yafashwe ku wa Kane tariki 26 Ukuboza, 2024 niyo yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga bikozwe na Lt Col Willy Ngoma uvugira M23. Ni amashusho arimo abantu bambaye imyambaro ya gisirikar...
Kugeza ubu abantu babiri nibo bonyine bivugwa ko barokotse impanuka y’indege yari irimo abantu 179, yabereye muri Koreya y’Epfo. Iyo ndege yari igiye kugwa ku kibuga cy’indege cya Mu...
Steven Woolfe wahoze ari Umudepite w’u Bwongereza mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi aherutse gutangaza ko guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, byabaye icyemezo...
Mu mwaka wa 2025 hari ibihugu by’Afurika biteganyijwemo amatora y’Umukuru w’igihugu, ay’Abasenateri, Abadepite n’abandi. Ahateganyijwe ay’Abadepite ni mu Burundi, muri Seychelles, muri Comores naho m...
Akarere ka Bugesera ni kamwe mu Turere dufite amajyambere ari kwihuta cyane. Ibarura rusange ry’abaturage ryo mu mwaka wa 2022 rivuga ko gatuwe n’abaturage 551 103. Kuba gaturanye n’Umujy...
Bimwe mu bituma abantu bakunda Umujyi wa Kigali ni ibiti biwuteyemo biwuha amahumbezi. Ibyo biti ni byinshi kandi biri henshi. Icyakora bimwe birashaje ku buryo hari ibihirikwa n’inkubi bityo abaturag...









