Inkongi imaze iminsi yaribasiye Leta ya California iravugwaho gutwika inzu z’ibyamamare bikomeye muri Hollywood birimo na Paris Hilton. The Sun yanditse ko hari ibindi byamamara byahombye kubera iriya...
Einat Weiss uhagarariye Israel mu Rwanda yagejeje k’ubuyobozi bwa AVEGA ibyuma bibiri bisuzuma abarwayi muri rusange n’abagore by’umwihariko bita Ultra Sound Machines. Taarifa ifite amakur...
Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa batangaje ko hari igitero cyaraye kigabwe ku Biro by’Umukuru wa Tchad bigwamo abantu 19. Biravugwa ko byari igikorwa cyo guhirika ubutegetsi cyakozwe ariko ...
Leta ya California iri guhangana n’inkongi ikomeye imaze iminsi mike ihadutse, ubu ikaba iri kototera ahantu hakinirwa filimi hakomeye ku isi hitwa Hollywood Hills. Muri iyi Leta hari ahantu hatandatu...
Abadipolomate b’u Rwanda n’aba Djibouti baraye bahuye barebera hamwe inkingi ibihugu byombi byakongeremo imbaraga mu kuzamura umubano bisanganywe. Itsinda ry’abayobozi b’u Rwanda ryari riyobowe na Tet...
Muri Mutarama, 2024 Leta y’Uburundi yanzuye ko ifunze imipaka yose yo k’ubutaka ibuhuza n’u Rwanda. Mu gihe cy’umwaka umwe, ibi bimaze guhombya u Rwanda Miliyoni $2 zirenga bitewe no gukumira ib...
Imirwano y’inkundura hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo na M23 irakomeje ahitwa Ngungu muri Gurupema ya Ufamandu yafi y’i Sake, ingabo z’iki gihugu zikarwana zishaka uko zakwirukana...
Hafi ya Kigali Convention Center ahahoze uwo bitaga ‘umugore ucira amazi’ harasenywe. Ni Rond Point abantu bakundaga kujya kwicaraho ngo baruhuke cyangwa se bahakorere siporo. Hari abahafatiye amashus...
CAF yongereye amafaranga azahabwa igihugu kizegukana Shampiyona Nyafurika ihuza abakina mu bihugu byabo (CHAN 2024), ku kigero cya 75%, imikino yayo ikazabera muri Uganda, Tanzania na Kenya. Imikino y...
Clémentine Uwitonze wamamaye mu muziki w’u Rwanda ku izina rya Tonzi avuga ko hari alubumu ya 10 ari gutunganya izasohoka mu gihe gito kiri imbere. Asanzwe ari umwe mu bahanzi baririmba indirimbo zihi...









