Umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Le Général de Brigade Gaspard Baratuza yabwiye itangazamakuru ko abavuga ko hari ingabo z’iki gihugu zafashwe na M23 babeshya, ko icyabo ari uguharabikana. Baratuza yabi...
Saa kumi n’ebyiri za mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17, Mutarama, 2025 mu Murenge wa Mageragere ahitwa ku gasenteri ka Nyarufunzo umugore witwa Niyonizeye Ruth yatemye umugabo we w’umumotari...
Izuba ryinshi ryatse mu Mirenge y’Akarere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda ryumishijje ibigori ku buryo ababihinze bafite impungenge zo kuzarumbya. Ubuyobozi bwo bubizeza ko nta nzara bazagira. Ba...
Irushanwa rya CHAN rimaze gusubikwa inshuro ebyiri guhera mu mwaka wa 2024 kugeza ejobundi tariki 14, Mutarama, 2025 ubwo CAF yavugaga ko ibyo kurikina muri Gashyantare uyu mwaka byimuriwe muri Kanama...
Perezida Paul Kagame yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko ibyo Abanyarwanda baciyemo mu myaka 30 ishize byabasigiye amasomo k’uburyo ntawe bazemerera kongera kubapfukamisha. Yakuriye inzir...
Ndakaza Gérard yavuye i Kigali ajya gushimira Amagaju FC kuba yaratsinze APR FC. Ni umwe mu bafana ba Rayon Sports babyemera kandi bagaharanira ko n’abandi babimenya. Aherutse kujyana icyapa mu bafan...
Kamanzi Francis uyobora Ikigo gishinzwe mine, gazi na petelori, Rwanda Mining Board, yemeza ko mu kiyaga cya Kivu harimo amariba 13 ya Petelori ariko hakirebwa uko yacukurwa. Yabitekerereje Abadepite ...
Qatar igiye kongera gukora amateka yo guhuza abanzi gica ari bo Israel na Hamas nyuma yo kubafasha gushyiraho no gusinya amasezerano y’amahoro azatangira gushyirwa mu bikorwa ku Cyumweru tariki 19, Mu...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Daniel Francisco Chapo uherutse gutorerwa kuyobora Mozambique riba kuri uyu wa gatatu. Mu Gushyingo 20...
Abakora ububanyi n’amahanga ba Qatar, Amerika, Israel na Palestine bakomeje ibiganiro byo kureba uko abantu Hamas yafashe bunyago yabarekura, hanyuma ingabo za Israel nazo zigataha, intambara muri Gaz...









